skol
fortebet

Udushya

Yashyize hanze amafoto y’umukobwa bararanye ashinja kumwiba akayabo

Umugabo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga muri Kenya nyuma y’aho araranye n’umukobwa (…)

Ukora amasanduku yo gushyinguramo yafashwe agiye kwica umurwayi mu bitaro kugira ngo abone ikiraka

Umugabo wo muri Kameruni ukora amasanduku yo gushyinguramo yatawe muri yombi na polisi azira (…)

Umugabo yarwanye n’ingwe ajyanwa mu bitaro yataye ubwenge

Umugabo wo muri Zimbabwe yajyanwe mu bitaro igitaraganya nyuma yo kurwana n’ingwe iramukomeretsa (…)

Habaye akavuyo kadasanzwe mu ndege kubera umuriro wadutse igiye guhaguruka

Umuriro wadutse mu ndege bituma amagana y’abagenzi bari bayirimo bavuza induru kubera ubwoba (…)

Polisi y’u Rwanda yafatiye ingamba imodoka zitwara abanyeshuri nyuma y’iyakoze impanuka

Polisi y’u Rwanda yafashe umwanzuro wo gusuzuma cyane imodoka zitwara abanyeshuri bivugwa ko (…)

Umugore yatwitse umwana we amaboko yombi amuziza kwiba 500 FRW

Umwana w’imyaka cyenda ari mu bitaro by’iwabo muri Kenya mu ntara ya Homa Bay nyuma y’aho nyina (…)

Uwihaye Imana mu ba Buddhiste yiciye igitsina kubera gushaka gutera akabariro akabibura

Umwe mu bihaye Imana wo mu idini ry’Aba Budshiste yiciriye igitsina imbere ya bagenzi be kubera (…)

Umunyamakuru yaciye ibintu kubera gusohokana n’abagore babiri

Umunyamakuru wa Citizen TV witwa Stephen Letoo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo (…)

Pasiteri w’Abadive yirukanye abari bambariye umugeni abashinja imyambarire idahwitse

Ubukwe bwajemo kidobya ubwo umupasiteri mu Itorero ry’Abadivantiste b’Umunsi wa Karindwi (…)

Umugore yahitanwe n’ibishashi byamuturikiyeho yishimira kwinjira muri 2023

Umugore yahuye n’uruva gusenya mu ijoro ryo ku bunani ubwo ibishashi baturitsaga nijoro (…)

Polisi yafashe Umusore amaze kwiba amabati n’inzugi z’imisigiti 14

Umusore w’imyaka 21 witwa Abba Haruna ukomoka muri Nigeria yakoze agashya yiba inzugi n’amabati (…)

Abanya Argentina bari gusaba ku bwinshi rutahizamu wabo gutandukana n’umukunzi we

Abarenga ibihumbi 20,000 bamaze gusinya ku nyandiko (Petition) isaba ko rutahizamu w’ikipe (…)

Ghana:Umugabo arusha uburebure amazu menshi y’iwabo n’ibice bye by’umubiri byiyongera ubutitsa [AMAFOTO]

Ibitaro byo mu majyaruguru ya Ghana byatangaje ko biheruka gupima umugabo w’imyaka 29 witwa (…)

Yahaye icyumba n’uburiri bwiza inkwavu ze kubera kuzikunda

Umwongerezakazi witwa Kimberley Harding yakoze agashya aha icyumba n’uburiri bwiza inkwavu ze (…)

Umugabo yahitanwe n’umuti yahawe ngo umufashe gucika ku nzoga

Umugabo witwa Ephraim Mwape,wo mu karere kitwa Mwense,mu ntara ya Luapula muri zambia yahitanwe (…)