skol
fortebet

Udushya

Umusore w’umunya Uganda yasabye Leta uruhushya rwo kugerageza Misile yikoreye

Umugabo ukomoka muri Uganda yasabye Guverinoma y’igihugu cye kumwemerera kugerageza misile (…)

Bagurishije abana babiri kugira ngo babone amafaranga yo kujya I Dubai

Urukiko rw’ahitwa Port Harcourt, muri Leta ya Rivers,muri Nigeria rwakatiye abagore babiri, (…)

Uwari warakatiwe urwo gupfa kubera kwica yishwe n’ibyishimo nyuma yo kumenya ko yababariwe

Umugabo wari warakatiwe urwo gupfa yanejejwe cyane no kumenya ko umuryango w’uwo yishe (…)

Dore aya niyo mabanga 5 y’ingenzi niba ushaka kugira urukundo rw’igihe kirekire

Birashoboka ko wigeze kumva bivugwa ngo guhora mu bintu bimwe bibishya urukundo. Menya amabanga (…)

Yamenye amazi ashyushye ku mugabo we arapfa amuziza kumurega mu muryango

Kuri ubu abapolisi bo muri Leta ya Ogun muri Nijeriya barimo gushakisha umugore witwa Ramota (…)

Yahaye akazi inshuti ye ngo imuterere inda umugore we birangira bombi bavumbuye ukuri gutangaje

Inkuru ikomeye yaturutse muri Tanzaniya igakwira hirya no hino ku isi ni iy’umugabo witwa (…)

Yishe mukeba we amuziza kumutwara umugabo bari gutera akabariro

Umugore w’imyaka 25, Rebecca Nicodemus, yagejejwe imbere y’urukiko rwa Akure Magistrates muri (…)

Umugabo yakubiswe ahambiriye ku giti azira gusaba umugore w’umuyobozi ngo basohokane

Umugabo wubatse yahambiriwe arakubitwa azira kuba yarasabye umugore w’umunyapolitiki ko (…)

Minisitiri amerewe nabi kubera kugira inama abagabo yo gukubita abagore babo bafunze umutwe

Minisitiri wo Malaysia yateye benshi umujinya nyuma yo kugira inama abagabo bo muri icyo gihugu (…)

Yarashe umugore we amuziza ko yanze ko bakora imibonano mpuzabitsina arangije nawe arirasa

Umugabo wo muri Ghana witwa Charles Soglo, yarashe umugore we kubera ko yanze ko baryamana (…)

Umugore n’abana be bafunzwe bazira kwambika ubusa uwo bashinja kumutwarira umugabo

Polisi y’ahitwa Balaka, muri Malawi yataye muri yombi umubyeyi n’abana be bombi bazira gukubita (…)

Umukecuru w’imyaka 102 arashaka kwiyamamariza kuba Perezida wa Nigeria

Umunya Nigeria w’imyaka 102, Nonye Josephine Ezeanyaeche, yatangaje ko yifuza kuzitabira amatora (…)

Umukobwa yafashe icyemezo gitangaje nyuma yo kwangirwa kwinjira I Vatican yambaye impenure

Ku ya 30 Mutarama, umukobwa witwa Juju Vieira ukomoka muri Brazil, yasuye Basilika ya Mutagatifu (…)

Witwaye muri ubu buryo biragoye kugira ngo hagire umukobwa ukwima urukundo

– Uko umusore yakegukana umutima w’umukobwa yakunze Iturufu umuhungu ashobora kwitwaza agatereta (…)

Umwana yarohamye muri Pisine arapfa ubwo nyina yarimo kwifatira amafoto

Umwana w’imyaka ibiri yarohamye muri pisine arapfa,ubwo mama we uzwi cyane ku rubuga rushyirwaho (…)