skol
fortebet

Ubuhamya bubabaje bw’umugore warashwe inshuro 17 n’inshoreke y’umugabo we

Yanditswe: Monday 13, Sep 2021

featured-image

Sponsored Ad

Umugore wo muri Amerika bivugwa ko yarashwe inshuro 17 n’undi mukunzi w’umugabo we , hahishuye agahinda yatewe n’ikibazo yatewe nuwo yakunze.

Sponsored Ad

Umugore witwa Nicole Jones yasangije ubuhamya bubabaje abakurikirana urubuga rwa “Hashtagourstories” rusanzwe rusangiza inkuru zitandukanye zabantu badasanzwe batsinze ingorane ruri kuri Instagram . Mu gice , bise “Shot 17 Times,” Jones yasobanuye uburyo umubano we n’umukunzi we wahindutse nabi igihe yamenyaga ko abona undi mugore hafi umwaka umwe mu mibanire yabo. Uyu mukobwa ukiri muto avuga ko bitatinze mbere yuko undi mugore aba “inzozi nzima ze.”

Jones yavuze ko uyu mugore wakundaga guhamagara telefone akamwereka iwe igihe icyo ari cyo cyose ari kumwe n’umukunzi we igihe kinini basangira . Jones yemera ko umugabo we yahoraga abakinisha, ababeshya bombi kuburyo bungana ati “yagaburiraga buri mugore ibinyoma bimwe.” Nyuma yo kwihanganira ikinamico igihe gito, umwe mu bahanga ku bujyanye n’ubuzima yaje kubasura agerageza kubagira inama yuko batandukana bagahagarika umubano wabo.

Nyuma ngo yo kwitabira ibirori by’imyambarire, yaterefonye nu mujinya mwinshi ya nshoreke nyuma yo ku menya ko uyu yirirwanye n’ umugabo be bishimana ijoro ryose. Gusa mbere yo kuva kuri terefone; uwo mukeba ntibyamuteye ubwoba ahubwo yatangiye kumutera ubwoba amubwira ko azamurasa. Ntibyatinze, umugore ageze kwa Jones amurasa inshuro 17 mbere yo guhunga.

Jone w’imyaka 25 yashyizwe muri koma muminsi 4 abaganga bamubwiye ko atazongera kugenda nyuma yo kumurasa amaguru ndetse ni bikomere byinshi ku maguru. Mu buryo bw’igitangaza, yatangiye kugenda nyuma y’ibyumweru byinshi arashwe ubwo yari muri rehabu(rehab) kwitabwaho.

Amashusho ye amaze gukwirakwira ndetse ikagenda isangizwa ku mbuga nkoranyambaga kandi ikarebwa na bantu barenga miliyoni 1.7 ku rubuga rwa Instagram rwa @HashTagOurStories( urubuga rwagenewe gusangiza inkuru zabantu badasanzwe batsinze ingorane)

AMAKURU / MU MAHANGA / UBUTABERA / UBUZIMA / UTUNTU N’UTUNDI
Umugore warashwe inshuro 17 n’inshoreke y’umugabo we akaba akiri muzima.Inkuru irambuye
September 13, 2021 - by Dusabimana Faustin - Leave a Comment

Umugore wo muri Amerika bivugwa ko yarashwe inshuro 17 n’undi mukunzi w’umugabo we bivugwa ko yafunguye akagaragaza ibyerekeranye n’iraswa rye

Nicole Jones mugihe cy’icyumweru gishize yasangije ubuhamya bwe ku rubuga rwagenewe gusangiza inkuru zabantu badasanzwe batsinze ingorane(Hashtagourstories ) ku rukuta twa insitagaramu(instagram). Mu gihe cyo kwicara, bise “Shot 17 Times,” Jones yasobanuye uburyo umubano we n’umukunzi we wahindutse nabi igihe yamenyaga ko abona undi mugore hafi umwaka umwe mu mibanire yabo. Uyu mukobwa ukiri muto avuga ko bitatinze mbere yuko undi mugore aba “inzozi nzima ze.”

Jones yavuze ko uyu mugore wakundaga guhamagara telefone akamwereka iwe igihe icyo ari cyo cyose ari kumwe n’umukunzi we igihe kinini basangira . Jones yemera ko umugabo we yahoraga abakinisha, ababeshya bombi kuburyo bungana ati “yagaburiraga buri mugore ibinyoma bimwe.” Nyuma yo kwihanganira ikinamico igihe gito, umwe mu bahanga ku bujyanye n’ubuzima yaje kubasura agerageza kubagira inama yuko batandukana bagahagarika umubano wabo.

Nyuma ngo yo kwitabira ibirori by’imyambarire, yaterefonye nu mujinya mwinshi ya nshoreke nyuma yo ku menya ko uyu yirirwanye n’ umugabo be bishimana ijoro ryose. Gusa mbere yo kuva kuri terefone; uwo mukeba ntibyamuteye ubwoba ahubwo yatangiye kumutera ubwoba amubwira ko azamurasa. Ntibyatinze, umugore ageze kwa Jones amurasa inshuro 17 mbere yo guhunga.

Jone w’imyaka 25 yashyizwe muri koma muminsi 4 abaganga bamubwiye ko atazongera kugenda nyuma yo kumurasa amaguru ndetse ni bikomere byinshi ku maguru. Mu buryo bw’igitangaza, yatangiye kugenda nyuma y’ibyumweru byinshi arashwe ubwo yari muri rehabu(rehab) kwitabwaho.

Amashusho ye amaze gukwirakwira ndetse ikagenda isangizwa ku mbuga nkoranyambaga kandi ikarebwa na bantu barenga miliyoni 1.7 ku rubuga rwa Instagram rwa @HashTagOurStories( urubuga rwagenewe gusangiza inkuru zabantu badasanzwe batsinze ingorane)

Uwarashe yarafashwe nyuma gato y’igitero akaba ategereje kuburana. Naho umugabo we yakomeje urukundo, yahisemo gukomera kumugore wakuruye imbarutso.

Hari abantu bafite ubumuga cyangwa babayeho mu buzima bugoranye bashaka ko amateka yabo ahindurwa abari ibicibwa bakaba ab’umumaro mu muryango.

Ku bufatanye na Inkanga, Umunyamakuru wa afrimax tv yatanze uburyo wowe cyangwa njye twafasha abo twavuze haruguru kubona ubufasha bwahindura ubuzima.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa