Umugabo yahinduye urugo rwe igicumbi cy’ubukerarugendo nyuma yo kubaka inzu icuritse
Yanditswe: Wednesday 24, Nov 2021
Umugabo witwa Marek Cyran yubatse inzu icuramye ahitwa Niagara Falls, muri Amerika, abantu benshi bayibonye baratungara.
Marek Cyran yagize igitekerezo cyo kubaka iyo nzu nyuma yo kubona isa nayo muri Polonye igihe yari mu biruhuko maze ayereka abantu bo mu gace atuyemo.
Benshi basetse igitekerezo cye, ariko ntiyacika intege. Muri 2012, Marek yashoboye kubaka iki gihangano.
Inyubako y’igorofa rimwe ifite igisenge kireba hasi mu gihe igice cyo hejuru cyari hejuru.
Imbere mu nzu, igikoni, (...)
Umugabo witwa Marek Cyran yubatse inzu icuramye ahitwa Niagara Falls, muri Amerika, abantu benshi bayibonye baratungara.
Marek Cyran yagize igitekerezo cyo kubaka iyo nzu nyuma yo kubona isa nayo muri Polonye igihe yari mu biruhuko maze ayereka abantu bo mu gace atuyemo.
Benshi basetse igitekerezo cye, ariko ntiyacika intege. Muri 2012, Marek yashoboye kubaka iki gihangano.
Inyubako y’igorofa rimwe ifite igisenge kireba hasi mu gihe igice cyo hejuru cyari hejuru.
Imbere mu nzu, igikoni, ameza yo kuriramo, icyumba cyo kuraramo kiri mu mwanya ucuritse.
Ibikorwa bya Marek byo gutinyuka byatumye umuryango we umenyekana cyane. Iwe hahindutse ubukerarugendo.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *