skol
fortebet

Umugore yabyaye umwana ufite iminkanyari bituma benshi bacika ururondogoro [AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 02, Sep 2021

featured-image

Sponsored Ad

Umugore w’imyaka 20 muri Afurika y’Epfo yabyaye umwana muto ariko ufite iminkanyari kubera uburwayi bwa Progeria buzwi nka Syndrome de Hutchinson-Gilford butuma umuntu asaza imburagihe.
Uyu mugore yagize ubwoba ubwo yabonaga umwana we w’umukobwa afite umubiri nk’uw’umukecuru rukukuri.
Ibinyamakuru byo muri Afrika y’Epfo byatangaje ko kuwa 30 Kanama uyu mwaka aribwo uyu mugore yabyariye uyu mwana mu cyaro cy’iwabo ahitwa Libode muri Cape Town.
Uyu mugore yabyaye umwana ubwo nyirakuru yari agiye (...)

Sponsored Ad

Umugore w’imyaka 20 muri Afurika y’Epfo yabyaye umwana muto ariko ufite iminkanyari kubera uburwayi bwa Progeria buzwi nka Syndrome de Hutchinson-Gilford butuma umuntu asaza imburagihe.

Uyu mugore yagize ubwoba ubwo yabonaga umwana we w’umukobwa afite umubiri nk’uw’umukecuru rukukuri.

Ibinyamakuru byo muri Afrika y’Epfo byatangaje ko kuwa 30 Kanama uyu mwaka aribwo uyu mugore yabyariye uyu mwana mu cyaro cy’iwabo ahitwa Libode muri Cape Town.

Uyu mugore yabyaye umwana ubwo nyirakuru yari agiye guhamagara ambulance ngo imujyane kwa muganga.Bakimara kubyara uyu mwana bakabona afite iki kibazo,bahise birukira kwa muganga.

Nyirakuru yabwiye Abanyamakuru ati "Batubwiye ko umwana afite ubumuga.Nabonye akivuka ko afite ikibazo kidasanzwe.Ntiyigeze arira ndetse yahumekeraga mu mbavu.

Naratunguwe kuko ari ibintu bidasanzwe.Ubu numva abantu bamutuka.Ndamutse mfite ubushobozi nabajyana muri gereza.



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa