Yahawe imodoka nziza cyane n’ababyeyi be kubera ko yagize amanota amwemerera kwiga ubuganga [AMAFOTO]
Yanditswe: Friday 12, Mar 2021
Umukobwa w’imyaka 23 wo mu gihugu cya Ghana yarenzwe n’ibyishimo ubwo ababyeyi be bamutunguraga bakamuha impano y’imodoka ihenze bamushimira ko yatsinze akemererwa kwiga muri kaminuza yigisha ubuganga.
Mu byishimo byinshi, Vickat,yasangije abakunzi be kuri Twitter,ibyishimo yatewe n’iyi mpano y’imodoka yahawe ndetse avuga ko ababyeyi be bazamusaza kubera impano zitunguranye bamuha.
Yagize ati “Ndishimye cyane kubera impano y’imodoka yanjye ya mbere nahawe n’ababyeyi banjye kubera ko (…)
Umukobwa w’imyaka 23 wo mu gihugu cya Ghana yarenzwe n’ibyishimo ubwo ababyeyi be bamutunguraga bakamuha impano y’imodoka ihenze bamushimira ko yatsinze akemererwa kwiga muri kaminuza yigisha ubuganga.
Mu byishimo byinshi, Vickat,yasangije abakunzi be kuri Twitter,ibyishimo yatewe n’iyi mpano y’imodoka yahawe ndetse avuga ko ababyeyi be bazamusaza kubera impano zitunguranye bamuha.
Yagize ati “Ndishimye cyane kubera impano y’imodoka yanjye ya mbere nahawe n’ababyeyi banjye kubera ko nemerewe kwiga mu ishuri ryigisha ubuganga.
Ndashimira buri wese wanshimiye kuri iyi ntambwe nateye.Nishimiye cyane ukuntu ababyeyi banjye bahora banzirikana n’ibitambo byinshi batanga ku bwanjye.Ntabwo nari kugera aho ndi ubu ntabafite.ndi gukorana umuhati kugira ngo nzabiture ibyo bankoreye.”
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *