skol

Udushya

Yabyaye umwana we w’imfura ku myaka 50 y’amavuko

Umugore yakiriye bwa mbere umwana ku myaka 50 y’amavuko nyuma y’imyaka yo guhangana n’ubugumba. (…)

Umugore wakoreraga igisirikare cya Nigeria yarumwe n’inzoka mu bwiherero bimuviramo urupfu

Umugore wo mu ngabo zirwanira mu kirere z’igihugu cya Nigeria witwa Lance Corporal Bercy Ogah (…)

Umuvugabutumwa yatunguye benshi kubera ukuntu yasengeye ku ngufu umugabo ufite uburwayi bwo mu mutwe

Mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyamba,umuvugabutumwa yagaragaye agerageza gusengera ku (…)

Pasiteri w’imyaka 63 yakoze agashya ashyingiranwa n’umukobwa w’imyaka 18 uririmba muri korali

Apotre Peter Tom Udofia, Umugenzuzi Mukuru w’Itorero "Way of Salvation Church of Jesus Christ" (…)

Umugabo yahinduye urugo rwe igicumbi cy’ubukerarugendo nyuma yo kubaka inzu icuritse

Umugabo witwa Marek Cyran yubatse inzu icuramye ahitwa Niagara Falls, muri Amerika, abantu (…)

Umugore wahisemo kwikorana ubukwe wenyine yabonye umugabo yiha gatanya

Umunyamideli witwa Cris Galera yikoranye ubukwe bwe wenyine mu birori byabaye muri Nzeri uyu (…)

Umugabo yashatse kwiyahura nyuma yo kumenwaho aside n’umukunzi we agashya bikomeye

Umukobwa wafushye bikomeye agaasuka aside ku mukunzi we aryamye kuko yakekaga ko yamuciye (…)

Padiri washinjwe kumara imyaka isaga 20 asambanya abana b’abahungu yongeye gufungwa

Uwahoze ari umupadiri Bernard Preynat, wakatiwe muri 2020 igifungo cy’imyaka 5 azira gusambanya (…)

Umuhanuzi yasambanyije umugore ufite inda y’amezi 8 amubeshye ko agiye kumwirukanira imyuka mibi

Polisi yo muri leta ya Ondo muri Nijeriya yataye muri yombi umuhanuzi witwa Festus James azira (…)

Ibyo umusore ndetse n’umugabo wese akunda n’ibyo yanga mu rukundo (Abakobwa benshi ntibabizi)

Urukundo rurihariye kandi rusaba kumva ndetse no kurwitaho ugira ngo rubeho kandi ruhore ari (…)

Ubushinwa: Umugabo yaciwe muri resitora yo kwiyarurira kubera kurya byinshi ’agateza igihombo’ nyirayo

Umushinwa utangaza mu buryo bwa ’live’ arimo kurya avuga ko yashyizwe ku rutonde rw’umukara (…)

Yigize ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga imyaka 62 yose kugira ngo atavugisha umugore we

Umugabo yigize ufite ubumuga bwo kutumva imyaka 62 kugira ngo yirinde kuvugana n’umugore we (…)

Umugabo yashakanye n’abagore 9 icyarimwe kugira ngo yamagane abashyigikira gushaka umwe

Umugabo wo muri Brazil yashakanye n’abagore icyenda mu byo yise ibirori by "urukundo rwigenga" (…)

Umugabo yatawe muri yombi azira kugurisha mu mayeri abagore 130

Ku wa kabiri, abatalibani bataye muri yombi umugabo ushinjwa kugurisha abagore benshi mu (…)

Menya akamaro k’urusenda mu mubiri harimo no kuba rugabanya umubyibuho ukabije

Bimwe mu bibazo bituruka ku mirire bishobora gutera umuntu indwara urusenda ruhangana nabyo dore (…)