skol

Udushya

Yatunguye umukunzi we mu buryo budasanzwe nyuma y’aho Guma mu rugo yishe gahunda ye yo gutera ivi[AMAFOTO]

Umusore witwa Andy Bennett yatunguye umukunzi we ajya ku mucanga wo mu gace atuyemo awandikaho (…)

Umugabo yakubise umwana w’imyaka 3 aramwica amuziza ko nyina yanze ko batera akabariro

Umugabo w’ahitwa Chipata muri Zambia witwa Mathews Njovu w’imyaka 35 yakoze amahano yica umwana (…)

Umukobwa yasaze nyuma yo kwanga gushyingiranwa n’umugabo wamurihiye amashuri

Umukobwa wari umaze iminsi mike arangije kaminuza bivugwa ko ari uwo muri RDC yagize ubumuga bwo (…)

Umwana yagiye mu mazi abira nyuma yo kumira rukuruzi 54 ashaka kugira ngo nawe abe rukuruzi

Umwana muto witwa Rhiley Morrison w’imyaka 12, yahuye n’uruva gusenya nyuma y’aho amiriye (…)

Umugore yahisemo kwikorana ubukwe nyuma y’aho umukunzi we amuhemukiye ku munota wa nyuma

Umunyamerikakazi w’imyaka 35 yahisemo kwikorana ubukwe mu birori bidasanzwe yakoreye imbere (…)

Umukozi wo mu rugo yafashwe ari gutekesha ibyokurya by aba shebuja inkari ze

Umukozi wo mu rugo mu gihugu cya Ghana yakoze amahano afatwa amashusho ari gutekesha ibyokurya (…)

Umupolisi yatabaye mu buryo butangaje umugabo wari ugiye kwiyahura [AMAFOTO]

Umupolisi washimwe na benshi akanitwa intwari yatabaye umugabo wari ugiye kwiyahura ahantu (…)

Akaga yahuriye nako muri Guma mu rugo katumye ava mu nzu ye ajya kwibera mu ihema

Umugabo witwa Jackson Marks w’imyaka 25 yahuye n’uruva gusenya muri Guma mu rugo atakaza (…)

Umugore w’imyaka 29 yashakanye n’umugabo umurusha imyaka 51 ahishura ikintu gikomeye [AMAFOTO]

Umugabo witwa Terzel Rasmus w’imyaka 29, ukomoka ahitwa Cape Town muri Afurika y’Epfo (…)

Yakubise umubyeyi we aramumugaza amuziza ko yanze kumwereka se umubyara

Umugabo w’imyaka 55 y’amavuko mu gihugu cya Kenya yatawe muri yombi azira gukubita nyina (…)

Umugabo n’umugore we biciwe n’imvubu mu bwato basiga abana babo 6 ari imfubyi

Umugabo w’imyaka 38 n’umugore we wa 34 batuye mu gace kitwa Mongu muri Zambia bishwe n’imvubu (…)

Umwana w’imyaka 13 yaciye ibintu kubera imyitozo ngororamubiri akora iyo ari mu mukoro wo mu rugo [AMAFOTO]

Umwana muto witwa Roxy Kobyliukh w’imyaka 13,akomeje gutangaza isi yose kubera ibyo akoresha (…)

Umwongerezakazi yatuburiwe bikomeye n’Umugabo w’Umunyafurika wamubeshye urukundo amurya akayabo

Umugore witwa Julie Price wo mu gihugu cy’Ubwongereza yababaje benshi bamenye akaga yahuye nako (…)

Yahisemo kureka Uburaya nyuma yo kugurwa na se bakamenyanira mu Cyumba

Umukobwa wiyise “Judith” w’ahitwa Matero mu mujyi wa Lusaka mu gihugu cya Zambia yatangarije (…)

Umwongerezakazi ukundana n’umunya Misiri yahishuye ko basigaye batera akabariro 4 mu cyumweru ngo abashe gutwita

Umugore witwa Joanna Girling w’imyaka 45 ukomoka ahitwa Norfolk, yahishuye ko akora imibonano (…)