skol

Udushya

Umwarimukazi ufite imiterere idasanzwe yatigishije isi yose [AMAFOTO]

Umwarimukazi wo mu gihugu cya Afurika y’Epfo witwa Lulu Menziwa yaciye ibintu ku mbuga (…)

Umupolisi yishwe n’isake yarwanaga n’indi

Umupolisi wo muri Philippines yishwe n’isake ubwo yari agiye guhagarika umukino utemewe (…)

Kenya: Umugabo yakubiswe inkoni nyinshi azira kwihindura indaya agashaka kwiba nijoro abamuguze

Umugabo wo mu gihugu cya Kenya yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera kwiyambika imyenda (…)

Umugabo yafashwe ari gusambana n’indaya ku kiriyo cy’umugore we

Umugabo witwa Luscious Chiturumani wo mu gace ka Gweru mu gihugu cya Zimbabwe yakoze amahano (…)

Gukunda amafaranga bikabije byatumye umugabo yifotoza yigize nk’umugore utwite

Umugabo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga ubwo yasimburaga umugore we utwite ku kwifata (…)

Indaya yahagaritse akazi nyuma yo kuryamana n’abagabo ibihumbi 28

Indaya yari icyamamare mu mujyi wa Nairobi, Sarah Mutero y’imyaka 49 yahishuye ko imaze umwaka (…)

Malawi: Umugabo yafunzwe azira gutwara abana 9 ku igare mu buryo buteje akaga

Umugabo witwa Mavuto Mussa w’imyaka 40 wo mu cyaro cyitwa Mbenje mu karere ka Nsanje muri Malawi (…)

Melania Trump yaciye ibintu hirya no hino ku isi kubera ibyo yakoreye Perezida Trump

Hirya no hino ku isi by’umwihariko ku mbuga nkoranyambaga hari gucaracara amashusho ya Melania (…)

Abagore babiri bafashwe bagiye kugurisha uruhinja ibihumbi 60 by’amashilingi

Abagore babiri bo mu gihugu cya Kenya batawe muri yombi ubwo bafatwaga bari kugurisha umwana (…)

Umusore watanze miliyoni 15 FRW ngo ase n’igipupe ari mu gahinda ko kubura umukunzi [AMAFOTO]

Umusore witwa Honza Šimša ari mu gahinda kenshi ko kuba yarabuze umukobwa wamuha urukundo nyuma (…)

Myugariro w’umunya Brazil yavanwe mu kibuga igitaraganya kubera gukomereka udusabo tw’intanga

Myugariro w’ikipe ya Flamengo yo mu gihugu cya Brazil witwa Gustavo Henrique yavanwe mu kibuga (…)

Umugabo yakatiwe gufungwa imyaka itatu azira gusambanya inkoko

Umugabo w’imyaka 37 witwa Rehan Baig wo mu Bwongereza yakatiwe igifungo cy’imyaka 3 azira (…)

Umugabo yirashe by’impanuka igitsina ajyanwa kwa muganga igitaraganya

Umugabo ukomoka ahitwa Portland muri Jamaica yahuye n’uruva gusenya ubwo yashakaga gukura (…)

Umugabo wisize irangi ry’umukara akatamo kabiri ururimi rwe kugira ngo ase n’umuzimu yaciye ibintu [AMAFOTO]

Umutaliyani witwa Nicolo Saverino, 27 ukomoka ahitwa Aprilia mu Butaliyani yahinduye bikomeye (…)