skol

Udushya

Ubwongereza bwafatiye imyanzuro ikarishye cyane abantu baterera akabariro mu modoka

Mu bihugu bigize ubwami bw’Ubwongereza gusambanira mu modoka byabaye umuco karande ariyo mpamvu (…)

Kenya: Ababyeyi bakomeje guha abakobwa babo bari munsi y’imyaka 10 ibinini bibarinda gusama inda

Bamwe mu babyeyi bo muri Kenya bakomeje guha abakobwa babo bato barimo abafite imyaka 10, (…)

Umukecuru n’umusaza bizihije isabukuru y’imyaka 80 bamaze bashyingiranywe batangaje amabanga 2 yatumye barambana

Abongereza babiri Jack na Joan Bare bafite agahigo ko kuba aribo bantu bamaze imyaka myinshi (…)

Umwana w’imyaka 16 yakubiswe n’umuriro arapfa ubwo yuriraga ipoto y’amashanyarazi agiye kwifata selfie [AMAFOTO]

Umwana w’umuhungu Nikolay Kompaniets w’imyaka 16 ukomoka mu gihugu cya Ukraine yakoze amahano (…)

Inkende yari yishwe n’inyota yashimishije benshi ubwo yafunguraga umugezi inywa amazi irangije irawufunga [AMAFOTO]

Inkende yo mu gace kitwa Uttar Pradesh mu majyaruguru y’Ubuhinde yakoze igikorwa cyashimishije (…)

Ubwoko bwo muri Sierra Leone bwikata iminwa mu gusenga ibigirwamana bwatangaje benshi [AMAFOTO]

Ubwoko bw’abantu bo muri Sierra Leone bwitwa Soko Bana Poro bwaciye ibintu hirya no hino ku isi (…)

Umugabo yemeye ko umugore we abyarira umwana inshuti ye nyuma yo kuyobokwa n’agasembuye

Umugabo witwa Marc Bott w’imyaka 35 yemeye ko umugore we Kim w’imyaka 32 abyarira umwana inshuti (…)

Stella Nyanzi ufunzwe azira gutuka perezida Museveni yiyambitse ubusa imbere y’urukiko akimara gukatirwa

Umugore witwa Stella Nyanzi yakoze agashya ubwo urukiko rw’i Kampala rwamukatiraga igihano (…)

Umugore yakoze benshi ku mutima kubera ibyo yakoreye umugabo bari bamaze imyaka 5 batandukanye

Umugore witwa Kelly Hope yakoze igikorwa cyiza kidakunze gukorwa na benshi mu bantu,ubwo (…)

Leta ya Kenya yirukanye wa mugabo usa na Yesu inafunga abapasiteri bamukoresheje mu kwiba rubanda

Guverinoma ya kenya yafashe umwanzuro wo gufunga umugabo w’umuzungu waje yiyambitse ka Yesu (…)

Uruyuki rwo muri Turkia ruri guhigwa bukware n’Abwongereza nyuma yo gucika

Uruyuki rwakatiwe urwo gupfa na n’abashinzwe inzuki mu Bwongereza [UK] rwacitse bituma itegeka (…)

Abaturage bicishije inkoni n’ibyuma urusamagwe rwari rubamaze rubica [AMAFOTO]

Abaturage bo mu cyaro cya Mataina giherereye mu ntara ya Uttar Pradesh mu Buhindi bateraniye (…)

Abapasiteri babiri bahamije ko bahuriye na Yesu mu nzira bamutumira mu rusengero

Abapasiteri 2 barimo uwo muri Kenya nuwo muri Afurika Y’Epfo bemeje ko bahuriye n’umwami Yesu mu (…)