skol

Udushya

Uganda: Umusaza yashyinguranywe ibinyamakuru byose yaguze nyuma yo kubisaba abana be

Umusaza w’imyaka 89 waherukaga gusaba abana be n’abuzukuru be ko napfa bazamuhamba bamugeretseho (…)

Ikimasa gifite amahembe maremare kurusha izindi nka zose ku isi cyaciye ibintu hirya no hino [AMAFOTO]

Ikimasa cyitwa Poncho gifite imyaka 7 gikomoka muri Leta ya Alabama cyanditse mu gitabo (…)

Umugore yafatiwe ku ngufu inyuma y’akazu bategererezamo bisi ku manywa y’ihangu

Umwongerezakazi uri mu kigero cy’imyaka 30 yafatiwe ku ngufu inyuma y’akazu bategererezamo bisi (…)

Umukobwa yashakanye n’undi musore nyuma y’ibyumweru 2 yambitswe impeta n’umunyamakuru Iyaremye Yves [AMAFOTO]

Umukobwa witwa Mutimukeye Joselyne Cadeau yatunguye benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera ko (…)

Umugabo arashaka uwamukorera igipupe cyifashishwa mu gutera akabariro gisa n’umugore we uherutse kumuhemukira

Umugabo utivuze amazina n’igihugu akomokamo ari guhiga umuntu wamufasha gukora igipupe (…)

Abagabo n’abagore bandagajwe bikomeye n’agasembuye kubagusha ahantu habi cyane [AMAFOTO]

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga I Burayi hacicikanye amafoto agaragaza abagabo n’abagore (…)

Umugore yatewe ubumuga n’amabere ye akomeza gukura bikabije buri munsi [AMAFOTO]

Umugore witwa Lam Phrai Si Nuan ukomoka muri Thailand asigaye agenda yitwaje imbago kubera (…)

Umukinnyi Rainford Kalaba yiswe Mayweather w’umunya Zambia kubera guhorana n’abakobwa b’ibizungerezi [AMAFOTO]

Umukinnyi w’umunya Zambia witwa Rainford Kalaba ukina mu ikipe ya TP Mazembe muri RDC,akomeje (…)

Gafotozi yaciye ibintu ku isi kubera amafoto yafashe uruziramire ruri kumira ingona nini cyane [AMAFOTO]

Gafotozi ukomoka muri Australia witwa Martin Muller yatumye benshi bacika ururondogoro kubera (…)

Umusore yafashwe ari kuroga ababyeyi be bamubujije gukina imikino yo kuri telefoni yamubase

Umusore witwa Sak Duanjan w’imyaka 29 ukomoka muri Espagne yafashwe ari kuroga ababyeyi be (…)

Umukobwa Igikomangoma Harry cyo mu Bwongereza cyarwariye indege yamenyekanye

Igikomangoma Harry cyishimiye ko giheruka kwibaruka umwana w’umuhungu witwa Archie,cyavuzweho (…)

Umugabo n’umugore bagaragaye bari guterera akabariro ku ibaraza rya Hoteli barogoya igitaramo cya David Guetta

Umugabo n’umugore bagaragaye bari gusambanira ku ibaraza rya Hoteli yo ku mucanga uzwi cyane wa (…)

Umugore yafunzwe azira kuruma ururimi rw’umukunzi we amuhoye kumubwira ko atakimukunda

Umugore witwa Adaia Lopez Esteve yakatiwe igifungo cy’imyaka 8 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo (…)