skol

Udushya

Impyisi yariye umwana mu gitondo ubwo yiteguraga kujya ku ishuli

Impyisi yariye umwana w’umuhungu w’imyaka 12 ubwo yamusangaga hanze mu gace umuryango we utuyemo (…)

Zari na Tanasha bongeye guterana amagambo bapfa umuhanzi Diamond

Uwahoze ari umugore wa Diamond,Zari,yongeye guterana amagambo kuri Instagram na mukeba we (…)

Ba mukerarugendo batewe n’igifi kinini gipima toni 30 cyavuye mu Nyanja kigwa hejuru y’ubwato barimo

Umwongereza witwa Tom Mustill wari kumwe numukunzi we Charlotte Kinloch mu Nyanja,bahuye n’uruva (…)

Kigali :umugabo wigize icyihebe yatemye umuntu intoki arangije yifungirana mu nzu

Umugabo witwa Uwimana bakunda kwita Mukiga ucururiza i Remera mu Giporoso yatemye intoki (…)

Umugabo yaciye ibintu kubera kumara imyaka 24 adakorera isuku igitsina

Umugabo witwa Zach yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kujya kwa muganga kwivuza (…)

Umubyinnyi Zodwa wabantu uzwiho kubyina yambaye ubusa yaguze isanduku ihenze cyane yo kuzamuhambamo napfa [AMAFOTO]

Umubyinnyi ukomeye wo muri Africa yepfo,Zodwa Wabantu uzwiho kubyina nta kariso yambaye, yaguze (…)

Uganda igiye gukoresha abakobwa bafite ibibuno binini mu kuzamura ubukerarugendo bwayo

Minisiteri y’ubukerarugendo muri Uganda yatangaje ko igiye kwifashisha abakobwa b’ikimero (…)

Umusore yishwe na telefoni ye yakoreshaga iri ku muriro [AMAFOTO]

Umugabo witwa Kritsada Supol ukomoka ahitwa Chonburi muri Thailand,yishwe na telefoni ye (…)

Umugabo n’umugore bahanutse ku manga ubwo barimo bakorera imibonano mpuzabitsina mu modoka yari hejuru yayo

Umugabo w’umupolisi ukomoka mu gihugu cya Trinidad and Tobago n’umukobwa bahanutse ku manga ubwo (…)

Umukobwa yakubiswe inkoni nyinshi azira kwiba umwenda w’imbere

Umukobwa ukomoka muri Nigeria yahuye n’uruva gusenya ubwo yafatirwa mu nzu y’umugore utuye mu (…)

Umusore yarahiriye kurega ababyeyi be bamubyaye kandi ari abakene

Umusore w’Umuhindi witwa Raphael Samuel yatangaje ko agiye kujyana mu nkiko ababyeyi be,abahora (…)

Ababyeyi bahambye umwana ari muzima bamuhoye kunanirwa gufata mu mutwe imirongo yo muri Bibiliya

Umwana w’imyaka 7 yahambwe ari muzima mu isanduku y’urubura n’ababyeyi be bimuviramo (…)

Umusore yategetswe kurya urusenda rwinshi cyane nyuma yo gufatwa ari kwiba inkweto ku musigiti

Umusore wari umaze igihe yarazengereje bikomeye abayislamu ku musigiti wo mu mujyi wa (…)

Umugabo w’imyaka 56 yibasiriwe bikomeye azira gushyingiranwa n’umwana w’umukobwa w’imyaka 16

Abanya Nigeria benshi bahagurutse bibasira umugabo w’imyaka 56 washyingiranywe n’umwana w’imyaka (…)