skol

Udushya

Umugabo yabwiye abapolisi ko arambiwe kurya inyama z’abantu

Umugabo witwa Nino Mbatha w’imyaka 33 ukomoka muri Afrika y’Epfo yakoze agashya ajya ku biro bya (…)

Abamotari n’abashoferi b’ama taxi bambitse ubusa umugabo w’imyaka 35 mu muhanda bamuhora ko adasiramuye [AMAFOTO]

Ihuriro ry’aba motari n’abashoferi ba taxi bakomoka muri Kenya mu gace kitwa Narok,bahemukiye (…)

Umukobwa yahuye n’uruva gusenya kubera amavuta atunganya umusatsi yakoresheje [AMAFOTO]

Umukobwa witwa Riley O’Brien w’imyaka 18 yahuye n’uruva gusenya ubwo amavuta yakoresheje mu (…)

Urusamagwe rwirukanse ku modoka yari itwaye ba mukerarugendo bashya ubwoba [AMAFOTO]

Urusamagwe rwakuye umutima ba mukerarugendo bari basuye pariki ibamo izi nyamaswa ya Tadoba (…)

Hateguwe amarushanwa akomeye ya Golf aho umuntu uzatsinda azahembwa kuryamana n’abakobwa 60

Mu birori by’ubusambanyi bizwi nka Sex Island biri gutegurwa mu birwa bya carayibe muri Amerika (…)

Umugore umaze imyaka 5 aruka inshuro 100 ku munsi yateye benshi agahinda

Umwongerezakazi witwa Rebecca Griffiths ukomoka mu gace ka Maidenhead mu burengerazuba (…)

Umwana w’imyaka 12 yiyahuye kubera kunyuzurwa n’abakobwa biganaga

Umwana ukomoka muri USA w’imyaka 12 wakinaga imikino ngororamubiri izwi nka Gymnastics yiyahuye (…)

Umupfubuzi umaze kuryamana n’abagore 1,000 yavuze ikintu benshi bakunze kumusaba

Umugabo witwa Ryan James w’imyaka 31 ukora akazi ko kuryamana n’abagore batishimiye uko abagabo (…)

Icyamamare cyahawe urw’amenyo kubera amafoto akurura abagabo cyashyize hanze ku munsi wo kwibuka [AMAFOTO]

Umwongerezakazi witwa Gabby Allen wamamaye cyane mu marushanwa azwi nka Love Island akundwa na (…)

Umukobwa w’umuherwe arashaka umukunzi yifuza kwishyura akayabo ka miliyoni 60 z’amafaranga y’u Rwanda

Umukobwa w’umu miliyoneri witwa Jane Park w’imyaka 23 yatangaje ko yifuza umukunzi ndetse ko (…)

Umukobwa umaze imyaka 20 adakaraba umusatsi muremure afite yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga [AMAFOTO]

Umugore witwa Frankie Cluney w’imyaka 32, ukomoka ahitwa Brighton mu bwongereza,yaciye ibintu ku (…)

Umucamamanza ukomeye yahagaritswe ku kazi nyuma yo gufatwa ari kureba filimi z’urukozasoni mu biro

Umucamanza ukomeye mu Bwongereza, yafatiwe mu biro bye ari kureba amafilimi y’urukozasoni kuri (…)

Umugore yajyanye mu nkiko umugabo wapanuye cyane igitsina cye bari gutera akabariro

Umugore ukomoka muri Zimbabwe witwa Silindile Mangena w’imyaka 29 ari mu nkiko arega uwahoze ari (…)