skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Burundi: Umunyamakuru wa Akeza.net yarekuwe nyuma y’iminsi 13 afunzwe

Umunyamakuru Ahmadi Radjabu w’ikinyamakuru Akeza.net wari umaze ibyumweru bibiri afungiwe mu biro bikuru by’urwego rushinzwe iperereza mu mujyi wa Bujumbura, ubu yarekuwe nk’uko bitangazwa...
16 May 2024 Yasuwe: 266 0

Bruce Melodie yashyize avuga ku byo ashinjwa byo kudatanga indezo

Umuhanzi Bruce Melodie werekeje i Lagos muri Nigeria mu bikorwa byo gufata amashusho y’indirimbo ’Sowe’ iri kuri album yitegura gushyira hanze, yavuze ku mwana ashinjwa kuba yarabyaye mu 2015 ariko...
16 May 2024 Yasuwe: 1123 0

Perezida Tshisekedi yagiranye ibiganiro na Cardinal Ambongo unenga ingoma ye

Nyuma y’umwuka mubi wari umaze iminsi hagati ya Guverinoma ya Congo na Arkiyeskopi wa Kinshasa, Cardinal Fridolin Ambongo, kuri uyu wa Kane Perezida Tshisekedi yahuye na Cardinal Ambongo bamara...
16 May 2024 Yasuwe: 1838 0

Umuhanuzikazi yahishuye igihe isi izarangirira yibasirwa na benshi

Umuhanuzikazi wo muri Kenya yibasiwe n’abantu benshi nyuma yo kuvuga ko isi izarangira kuwa 20 Gicurasi.
16 May 2024 Yasuwe: 1876 0

NEC yahishuye umubare w’abamaze kwemeza ko bazahatana ku mwanya wa Perezida nk’abakandida bigenga

Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje ko zimwe mu mpinduka zitezwe mu matora azaba muri Nyakanga 2024 ,ari uko muri buri cyumba cy’itora hazaba harimo udusanduku tubiri, kamwe ari akazatorewamo...
16 May 2024 Yasuwe: 2636 0

Perezida Kagame yagaragaje umusingi watuma Afurika itera imbere kurushaho

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko kunga ubumwe kw’Afurika bizarushaho gutanga umusaruro kw’iterambere ryayo gusa ashimangira ko kugira ngo Afurika ibe moteri y’ubukungu...
16 May 2024 Yasuwe: 316 0

Umukinnyi w’iteramakofe yakubiswe igipfunsi kiremereye ahita apfa

Umukinnyi w’iteramakofe ukomoka muri Nigeria, Sherif Lawal, yapfuye nyuma yo gukubitwa igipfunsi kiremereye mu mukino we wa mbere nk’uwabigize umwuga.
16 May 2024 Yasuwe: 1349 0

Ibyo wamenya ku nama igiye guhuza abaperezida batanu b’Afurika n’abantu 2,000 i Kigali

Abantu bagera ku 2,000 barimo abakuru b’ibihugu by’Afurika batanu, abakuru b’ibigo byigenga, abashoramari n’abategetsi muri za guverinoma, barateranira muri Kigali Convention Centre mu nama y’iminsi...
16 May 2024 Yasuwe: 801 0

NEC yahishuye aho imyiteguro ya nyuma y’amatora igeze

Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda Gasinzigwa avuga ko kugeza ubu imyiteguro y’amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite ihagaze neza, cyane ko mu minsi ya vuba ibikorwa byo...
16 May 2024 Yasuwe: 157 0

Minisitiri w’intebe wa Slovakia ararwana no kubaho nyuma y’igerageza ryo kumwica

Minisitiri w’intebe wa Slovakia Robert Fico ari mu bitaro aho abaganga barimo gukora uko bashoboye ngo arokoke nyuma yo kurasirwa mu mujyi muto uri mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’umurwa...
16 May 2024 Yasuwe: 283 0
0 | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | ... | 24040