skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

U Rwanda rugiye gutangiza kaminuza ya gisirikare

Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda yavuze ko hateganywa gushyirwaho kaminza yihariye ya RDF, izajya itanga impamyabumenyi mu gihe ubusanzwe zatangwaga binyuze muri Kaminuza y’u...
14 May 2024 Yasuwe: 963 0

Guardiola yahaye igisubizo gitangaje abamushinja ko atsinda kubera gushora akayabo ku isoko

Umutoza Pep Guardiola avuga ko Manchester United na Chelsea zakabaye zihataniye igikombe cya Premier League nkabo [Manchester City] na Arsenal iyaba amafaranga ariyo atanga...
14 May 2024 Yasuwe: 881 0

Umukinnyi yohereje impanga ye kumukinira mu mwanya mu ikipe ye

Uwahoze ari umukinnyi wa Barcelona, Edgar Ie, arashinjwa kohereza impanga ye basa, kumukinira mu mwanya mu ikipe ya Dinamo Bucharest.
14 May 2024 Yasuwe: 1438 0

DR Congo: ’Igisubizo cya gisirikare ni cyo dushaka’ – Muyaya

Umuvugizi wa leta ya Congo Kinshasa yatangaje ko batangiye “urugendo rwo gukemura burundu” ibibazo “bikabije” by’umutekano mucye mu burasirazuba bw’igihugu bimaze imyaka 25 cyangwa 30, kandi ko bifuza...
14 May 2024 Yasuwe: 1674 0

Mozambike: Inyeshyamba zateze igico abasirikare ba Afurika y’Epfo zitwika imodoka ebyiri

Abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Ansar al Sunnah bateze igico ingabo za Afurika y’Epfo zagiye mu butumwa bw’umuryango wa Afurika y’amajyepfo muri Mozambike zizwi nka SAMIM, zikorera mu karere ka...
14 May 2024 Yasuwe: 768 0

Biravugwa: Abakozi benshi mu karere ka Rusizi basabwe gusezera ku kazi

Amakuru yiriwe i Rusizi,ku wa 13 Gicurasi,aravuga ko abagitifu b’imirenge 6 basabwe gusezera akazi ku mpamvu zabo bwite cyo kimwe n’abandi bakozi batandukanye bo mu karere.Abatarasabwe gusezera...
14 May 2024 Yasuwe: 1763 0

Wenceslas Twagirayezu yagarutse mu rukiko nyuma yo kugirwa umwere ku byaha bya jenoside

Mu Rwanda urukiko rw’ubujurire rwatangiye kumva urubanza rw’ubujurire ubushinjacyaha buregamo Twagirayezu Wenceslas ibyaha bya jenoside.
14 May 2024 Yasuwe: 695 0

RIB yafunze umudepite yafashe atunze imbunda mu buryo butemewe n’amategeko

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko yafunze Depite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda witwa Barikana Eugène, akaba akurikiranyweho gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije...
13 May 2024 Yasuwe: 2586 0

Reba ubwiza bw’indege Perezida Kagame agendamo [AMAFOTO]

Perezida Kagame yageze muri Guinée Conakry, aho yakiriwe na mugenzi we, Mamadi Doumbouya bagirana ibiganiro byihariye bigamije gushimangira umubano n’ubutwererane hagati y’ibihugu byombi ndetse...
13 May 2024 Yasuwe: 6805 0

Muhire Kevin yaciriye amarenga Rayon Sports anagira inama abafana b’iyi kipe

Kapiteni w’ikpe ya Rayon Sports,Muhire Kevin yatangaje ko ari kuvugana n’amakipe menshi ndetse yiteguye no kumva buri kipe yose imushaka bityo n’iyi kipe akunda ibishatse...
13 May 2024 Yasuwe: 1386 0
0 | ... | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | ... | 24040