Nubwo mu bigaragara buri muntu wese akwiye kugira vitamine zose mu mubiri ariko ni byiza kumenya buri yose uko ikora, akamaro kayo n’aho wayikura ari nayo mpamvu tugiye kurebera hamwe byinshi kuri vitamin B.
Bisanzwe bizwi ku isi yose ko abagabo n’abasore hafi ya bose bakunda abagore n’abakobwa bafite amabuno manini. Ibi bikunze kugaragarira ahanini mu gucyebuka kwa buri kanya, kuranga abagabo...
Gukora imibonano mpuzabitsina ku mugore utwite ni byiza kuko bigira akamaro kuri we no ku wo atwitwe. Nk’uko tubikesha urubuga what to expect ruvuga ko ari iby’ingirakamaro gukora imibonano...