skol
fortebet

Mu mafoto reba urutonde rw’ibyamamare n’ibyamamarekazi byagiye bikora amakosa abijyana mu buroko(AMAFOTO)

Yanditswe: Sunday 04, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Ni kenshi abantu bamara kubona amafaranga akabashora mu bibi bakaba banakurizamo ingaruka zirimo gufungwa, kimwe n’uko hari abashobora gufungwa ku bw’impanuka cyangwa ibindi byaha bitandukanye.
Aha na none, umuntu ntiyakwirengagiza ko hari abakora ibyaha bishobora kubafungisha kugira ngo bamamare cyane, ariko hano hari urutonde rw’abahanzi bakomeye ndetse bubatse izina guhera mu myaka yashize, aba bahanzi biganjemo Abanyamerika bakaba baraciye mu buroko ndetse igihe kirekire.
Wesley Snipes (...)

Sponsored Ad

Ni kenshi abantu bamara kubona amafaranga akabashora mu bibi bakaba banakurizamo ingaruka zirimo gufungwa, kimwe n’uko hari abashobora gufungwa ku bw’impanuka cyangwa ibindi byaha bitandukanye.

Aha na none, umuntu ntiyakwirengagiza ko hari abakora ibyaha bishobora kubafungisha kugira ngo bamamare cyane, ariko hano hari urutonde rw’abahanzi bakomeye ndetse bubatse izina guhera mu myaka yashize, aba bahanzi biganjemo Abanyamerika bakaba baraciye mu buroko ndetse igihe kirekire.

Wesley Snipes

Ikirangirire muri Muzika muri Amerika, yamaze imyaka 3 mu buroko muri 2010 -2013

Joey Starr

Uyu na we ni umwe mu baraperi bo muri Amerika wamaze imyaka 2 n’amezi 6 mu buroko nyuma akaza mu muziki bikamuhira.

Lil Wayne

Uyu na we guhera muri 2007 yamaze igihe kitari gito mu buroko azira gutunga imbunda mu buryo bunyuranyije n’amategeko ndetse no gukoresha ibiyobyabwenge.

Nabilla

Uyu na we yubatse izina mu muziki no mu buroko, aho muri 2013 yakurikiranyweho guterana ibyuma, aho yari yaarwanye n’inshuti ye Thomas Vergara, muri 2016 agakatirwa amezi 18 mu gihome.

Mike Tyson

Mike Tyson yamenyekanye cyane mu muziki no mu mikino y’iteramakofe muri Amerika. Mu 1992, nibwo yahamijwe imyaha byo gufata ku ngufu ariko nyuma mu 1995 aza kurekurwa kubera kwitwara neza.

50 Cent

Umuraperi 50 Cent na we ni umwe mu bahanzi bo muri Amerika wabaye mu buroko igihe kitari gito, azira gutunga intwaro no gukoresha ibiyobyabwenge bwa heroin.

George Michael

Uyu muhanzi na we yafunzwe muri 2010 azira ibikorwa by’urugomo nyuma aza kurekura akomeza umuziki muri Amerika

Paris Hilton

Uyu na we ni umwe mu bagore bacye babashije gukandagiza ikirenge mu buroko akaba yarafunzwe iminsi igera kuri 45 azira gutwara nta byangombwa.

Ibitekerezo

  • Wowe wanditse iyi Nauru jya ugerageza gusoma naho ubundi uri kuroga abantu ubabwira ibyo utazi wesley s’ umucuranzi ni acteur hanyuma kandi joe star s’ umunyamerika kuko n’ umu faransa

    Nabilla ntago aririmba

    Nabilla ntago aririmba

    iyi nkuru yuzuyemo ibinyoma gusa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa