Ad Restricted
Umuhanzikazi Nyarwanda Princess Priscillah yashyize hanze ifoto avuga ko yarigiye gutuma avunika umugongo asaba abantu kuyibika muri Telefone zabo[AMAFOTO]
Yanditswe: Monday 25, Feb 2019
Priscillah ni umwe mu bahanzi nyarwanda basige bibera muri Leta zunze ubumwe za Amerika akaba aherutse guhsyira hanze ifoto yavuze ko yari igiye gutuma aturika umugongo.
Yagize ati: "Iyi foto yari igiye gutuma nturika umungongo nyifata. Mwihangane muyishyire mu matelefoni yanyu cyangwa basi mumbeshye ko mwabikoze..."
Iyo niyo foto ngo yari igiye gutuma Priscillah aturika umugongo
Nyuma yo kumenyekana mu ndirimbo zitandukanye nka: icyo mbarusha, na na na, biremewe, nka paradizo n’izindi, uyu munyarwandakazi usigaye ukorera muzika ye muri Leta zunze ubumwe za Amerika ntakigaragara cyane mu ruhando rwa muzika gusa akaba ataranatangaza ko yawuhagaritse.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *