skol
fortebet

Umusore yabitse Papa we wapfuye mu buryo butangaje

Yanditswe: Friday 29, Jan 2021

Sponsored Ad

skol

Ku rubuga rwa Instagram, umusore ukoresha amazina ya Victor Bills yatangarije inshuti ze ko Se umubyara yapfuye, inkuru avuga ko ari nziza kandi ko amushimiye kuba apfuye.

Sponsored Ad

Uyu musore usanzwe akora mu nzego z’urubyiruko muri Nigeria, yatangaje ko Shitani Nkuru yaraye ipfuye, ko Se yari imburamumaro bityo ko urupfu rwe ari ikibi bakize.

Mu byishimo byinshi ati: “Ruhukira mu mahoro data w’imburamumaro. Bwa nyuma na nyuma ikibi kituvuyemo. Turishimye kuba tukubonye upfa.”

Abamkurikiye bamubajije icyo yari asanzwe apfa na Se, niba hari ikibi yamukoreye kugira ngo amubike bene ako kageni. Ntacyo yasubije kuri iyi ngingo.

Ibitekerezo

  • Akebo ugereyemo abandi niko nawe bazakugereramo uburyo yabitsemo umubyeyi we nawe niko abana be bazamubika napfa kuko uyu musore ntashobora kuzarama oya! nt awundi mubyeyi yabona uko byagenda kose.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa