skol
fortebet

Abaganga mu Burundi Ntibishimye Umushahara Bahembwa

Yanditswe: Friday 15, Sep 2023

featured-image

Sponsored Ad

Amahuriro y’Abaganga mu Burundi ari kwinubira umushahara bahembwa uri hasi cyane kuburyo ntacyo ubafasha mu buzima bwabo bwa buri munsi.

Sponsored Ad

Abavuga ibi, bashingira ku kuba ubu mu Burundi abakiri bato ntibashishikajwe no kwiga ubuganga kuko abari muri urwo rwego badahindura imibereho.

Kuzamura ijwi kw’Abaganga mu Burundi ngo nukwibutsa Leta kugira icyo ikora mu rwego rwabo (Abaganga) ikongera umushahara byibuse babashe kwisanisha na bagenzi babo bakora mu bihugu by’abaturanyi no mu mahanga.

Kuri uyu wa kane tarikiya 14 nzeri 2023, nibwo amashyirahamwe y’abaganga bose mu gihugu yatanze iyo mpuruza kandi isaba Leta kuyiha agaciro kuko ngo bimaze igihe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa