skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Perezida Kagame yemeye gushyigikira Raila Odinga muri Komisiyo ya AU

Perezida Paul Kagame yavuze ko azashyigikira umunyapolitiki wo muri Kenya Raila Odinga, umwe mu bakandida babiri batangaje ko bazahatanira kuyobora komisiyo y’umuryango w’ubumwe...
13 March 2024 Yasuwe: 385 0

Baranenga FARDC yaretse M23 igafata utundi duce muri Kivu ya Ruguru itarwanye

Ihuriro rya sosiyete sivile zo muri teritwari zigize intara ya Kivu ya Ruguru riranenga gusubira inyuma kw’ingabo za DR Congo zikareka umutwe wa M23 ugafata uduce dutandukanye ntawe uwukoma...
13 March 2024 Yasuwe: 1712 0

Ubucuti bw’u Rwanda na Tanzania bugiye gutuma bifungura umupaka wa kabiri ubihuza

U Rwanda na Tanzania bigiye gufungura umupaka wa kabiri wemewe hagati y’ibihugu byombi hagamijwe kurushaho koroshya imigenderanire mu baturage babyo.
13 March 2024 Yasuwe: 1437 0

Polisi yahishuye akayabo kazajya gacibwa umushoferi watendetse abagenzi i Kigali

Polisi y’u Rwanda iributsa abatwara izi modoka kwirinda kurenza uyu mubare kuko uzafatwa yarenze kuri aya mabwiriza azajya ahanishwa amande y’ibihumbi 30 by’amafaranga y’u Rwanda ku mugenzi umwe gusa...
13 March 2024 Yasuwe: 2230 0

Arsenal yageze muri 1/4 cya Champions League nyuma y’imyaka 14 byaranze

Ikipe ya Arsenal yari imaze imyaka 14 itagera muri 1/4 cy’irangiza cya UEFA Champions League,yabigezeho isezereye FC Porto kuri penaliti 4-2 nyuma y’aho aya makipe yombi atsindiye mu rugo iwayo...
13 March 2024 Yasuwe: 974 0

Umunya Kenya yashyingiranwe n’umukecuru umurusha imyaka 35 yakoye idolari rimwe

Umunya Kenya witwa Bernard Musyoki yahuriye n’Umunyamerikakazi witwa Deborah Jan Spicer w’imyaka 70, kuri Facebook mu 2017, barakundana birangira barushinze aho yamukoye idolari...
12 March 2024 Yasuwe: 2563 0

Umugore yasinziriye mu modoka itwara abagenzi akangutse asanga bamwibye uruhinja

Icyemezo cy’umubyeyi cyo gusinzirira gato mu modoka itwara abagenzi mu gihugu cya Kenya,cyamubyariye akaga kuko yakangutse agasanga umwana we bamwibye.
12 March 2024 Yasuwe: 2214 0

RURA yashyize hanze ibiciro bishya by’ingendo zo hirya no hino mu gihugu [IBICIRO BYOSE]

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko Guverinoma yakuyeho Nkunganire yashyiraga mu bikorwa byo gutwara abantu mu gihugu byatumye igiciro cy’ingendo...
12 March 2024 Yasuwe: 12827 0

Guverinoma y’u Rwanda yahishuye ideni rinini ifitiye ibigo bitwara abagenzi

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibereyemo umwenda wa miliyari 30Frw, abafite ibigo bitwara abagenzi mu buryo bwa rusange.
12 March 2024 Yasuwe: 1426 0

Guverinoma yatangaje impinduka nshya mu bijyanye n’ingendo rusange

Guverinoma yatangaje ko guhera tariki 16 Werurwe 2024, izakuraho nkunganire yajyaga mu kwishyurira itike y’urugendo ku bantu batega imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa...
12 March 2024 Yasuwe: 6301 0
0 | ... | 530 | 540 | 550 | 560 | 570 | 580 | 590 | 600 | 610 | ... | 23900