skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Rutsiro: Sedo arashinja gitifu kumusambanyiriza umugore

Mu karere ka Rutsiro haravugwa intambara hagati y’abagabo babiri, bose basanzwe ari abakozi b’akarere ku rwego rw’Akagari bapfa kuba umwe avugwaho gusambanya umugore wa mugenzi...
11 March 2024 Yasuwe: 1753 0

Iperereza nyuma y’uko abapilote bombi basinziriye indege batwaye igata inzira

Abategetsi muri Indonesia barimo gukora iperereza ku ndege yaho Batik Air nyuma y’uko abapilote bombi basinziriye hafi iminota 30 indege batwaye iri hagati mu...
11 March 2024 Yasuwe: 1165 0

AU igiye gutera inkunga ingabo za SADC ziri muri RDC

Akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe amahoro n’umutekano kasabye komisiyo ya AU “gukusanya inkunga isabwa” mu gutera inkunga abasirikare ba SADC bari mu burasirazuba bwa DR...
11 March 2024 Yasuwe: 1726 0

M23 yarashe kuri Gen Byiringiro uri mu bayobozi bakomeye ba FDLR arakomereka

Kuri iki cyumweru tariki ya 10 Werurwe 2024,ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiriye amakuru avuga ko M23 yishe General Iyamuremye Gaston wiyitaga Byiringiro Victor,uri mu bayobozi bakomeye ba...
11 March 2024 Yasuwe: 2974 0

Amerika yohereje ubwato muri Gaza bwo kubaka icyambu cyo kuhageza imfashanyo

Ubwato bwa gisirikare bwa Amerika burimo kwerekaza mu burasirazuba bwo hagati, butwaye ibikoresho byo kubaka icyambu kireremba cy’agateganyo ku mwaro wa Gaza nk’uko igisirikare...
11 March 2024 Yasuwe: 447 0

RDC: MONUSCO yatinye kurasa kuri M23 inyuze ku marembo y’ibirindiro byayo

Amashusho yakwirakwijwe n’abo mu mitwe ya Wazalendo yanengaga ingabo za MONUSCO zarebereye inyeshyamba za M23,ubwo abo barwanyi banyuraga ku cyicaro cyayo batonze umurongo,ntibarase kandi mu minsi...
11 March 2024 Yasuwe: 1754 0

Man City na Liverpool zanganyije ziharira Arsenal umwanya wa mbere

Ikipe ya Liverpool na Manchester City zanganyije mu mukino wari ukomeye wabereye kuri Anfield bituma Arsenal ijya ku mwanya wa mbere muri Premier League.
10 March 2024 Yasuwe: 706 0

BAL yateye mpaga ikipe y’u Burundi yanze gukina yambaye Visit Rwanda

Ubuyobozi bwa Basketball Africa League bwatangaje ko bwateye mpaga ikipe ya Dynamo Basketball Club y’i Burundi ku bwo kwanga gukurikiza amabwiriza y’irushanwa rya BAL 2024 arebana n’imyenda yo...
10 March 2024 Yasuwe: 1395 0

The Ben yasabye imbabazi Bruce Melodie ahishura igihe azashyirira hanze indi ndirimbo

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yasabye imbabazi Bruce Melodie,amubwira ko kuba indirimbo bari bagiye gukorana itarakunze harabayeho kudahuza.
10 March 2024 Yasuwe: 1021 0

Perezida Kagame yongeye guha umukoro abo muri FPR Inkotanyi gushaka umusimbura we

Perezida Kagame akaba na Chairman wa FPR Inkotanyi, yasabye abanyamuryango kwibwiriza hakiri kare bagashaka ugomba kuzamukorera mu ngata bitagombeye ko abigiramo uruhare, yitsa cyane ku bakiri...
10 March 2024 Yasuwe: 1506 0
0 | ... | 560 | 570 | 580 | 590 | 600 | 610 | 620 | 630 | 640 | ... | 23900