Umuririmbyi Diamond Platnmuz n’umugore we, Zari The Lady Boss bakomeje kugarukwaho cyane mu itangazamakuru umunsi ku wundi, nyuma y’uko bitangajwe ko batagicana uwaka, uyu muhanzi yakomeje...
Abadepite babiri babarizwa mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda bagiye koherezwa kwivuriza mu Buhinde.Ni nyuma yo gukomerekera mu mirwano yahuje Abadepite y’abashyigikiye n’abadashyigikiye ko...
Kuri uyu wa gatandatu taliki 07 Ukwakira 2017, mu Karere ka Gatsibo, Umurenge wa Gitoki, Akagari ka Nyamirama, Umudugudu w’Akagarama habereye umuhango wo gutaha ku mugaragaro umudugudu...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 07 Ukwakira 2017 Miss Umutoni Uwase Belinda, uri mu bahataniye mu marushanwa ya Miss Rwanda 2017, yakoze ubukwe n’umukunzi we Gakire Theo Ntarugera, ubukwe...
Ibyishimo ni byose kuri Humble Jizzo [Manzi James] wo mu itsinda rya Urban Boys n’umukunzi we w’umunyamerikakazi bizihiza isabukuru y’imyaka itatu bamaze bamenyanye dore ko bahuye kuwa 03 Ukwakira...
Miss Uwase Hirwa Honorine wamamaye ku izina ry’Igisabo yahagurutse mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 07 Ukwakira 2017 yerekeza mu gihugu cya Philippines aho yitabiriye irushanwa rya Miss...
Itorero rya ADEPR ryambuye Bishop Sibomana Jean wahoze ari Umuvugizi mukuru waryo mu Rwanda na Tom Rwagasana wari umuvugizi wungirije umurimo w’Ubupasiteri mu itorero.Ni nyuma yo kuvugwaho...
Myugariro wa APR FC unakinira Ikipe y’Igihugu Amavubi, Rugwiro Herve yavuze ibirambuye ku mugore we anaboneraho kumwifuriza isabukuru nziza y’amavuko, ngo ni umugabo uhiriwe mu rugo rwe kuko...