Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys akaba umwe mu bavuga rikijyana muri iri tsinda yahishuye uko Safi yajyaga abazwa mbere y’uko arushinga, ngo yatunguwe n’ibyaherekeje ubukwe bwe na Judithe...
Prof Karuranga Egide yagizwe umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo, UNIK asimbuye kuri uyu mwanya Prof.Silas Lwakabamba weguye ku wa 22 Nzeri 2017 ku mpamvu avuga ko hari ibyo atumvikanyeho...
Ku wa 28 Nzeri 2017 Urukiko rwisumbuye rwa Gicumbi rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwarezemo BABONAMPOZE Jacques Dyna na TUYISENGE Emmanuel kuba mu ijoro ryo kuwa 21/01/2017.
Ibi byabereye mu...
Umuraperi Ndayishimiye Malik Bertland [Bull Dogg] wamamaye mu Rwanda mu ndirimbo z’ikibonezamvugo mu njyana ya Hip Hop, ku wa 04 Ukwakira 2017 yifurije isabukuru y’amavuko umugore we, amuvuga...
Ingabire Habiba w’imyaka 20 y’amavuko ugiye guhagararira u Rwanda asimbura Akiwacu Colombe wagiyeyo mu mwaka wa 2016 aho azahatana n’abakobwa 79 baturutse mu bihugu bitandukanye ku Isi, yatangiye...
Kuri uyu wa Gatanu taariki ya 06 ukwakira 2017, Diane Rwigara n’abo mu muryango we baragera imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kugirango baburane ku cyemezo ku ifungwa n’ifungurwa...
Niyibikora Safi washakanye na Niyonizera Judithe yatangaje ko guhitamo Riderman ngo amubere Parrain yashakaga ko bagerana akamusobanurira icyo urugo ari cyo,n go nawe igifunguzo yagisigiye...
Barack Obama wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika wa 44 yatangaje icyo umugore we Michelle Obama avuze mu buzima bwe ubwo bizihizaga isabukuru y’imyaka 25 bamaze babana nk’umuugabo...