Abaturage bo mu turere twa Karongi na Rutsiro barishimira umuhanda wa Kaburimbo Kivu Belt bahawe na perezida wa Repubulika, bakaba bemeza ko woroheje ubuhahirane hagati ya bo n’ibindi bice...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 02 Ukwakira 2017 abayobozi batandatu bo mu Karere ka Kamonyi beguriye icyarimwe ku mpamvu bavuga ko ari izabo.
Ibi bije nyuma y’igenzura rimaze iminsi...
Igipolisi mu gihugu cya Kenya cyarashe imyuka ibabaza mu maso ku bantu bari mu myigaragambyo barimo basaba ko abagize Komisiyo y’Amatora birukanwa.
Imyigaragambyo yabereye ku murwa mukuru,...
Maj Gen Frank Mugambage, Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda yatangaje ko Leta y’u Rwanda yataye muri yombi Abagabo babiri bakomoka mu gihugu cya Uganda bakekwaho gushaka guhungabanya umutekano...
Gahonganyire Aline, umuhanzikazi w’unyembaraga mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza witegura kumurika Album ya karindwi ‘New Women’, yatangaje ko yatangiye kumva no gusoma inkuru z’uko agiye...
Ambasade ya Amerika muri Tchad yafunzwe ku itegeko rya Perezida Idriss Deby Etino.Ni nyuma y’uko Perezida Donald Trump ashyize ku ilisiti iki gihugu mu bindi bihugu bitemerewe kwinjira muri...