skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Abasore 2 b’imyaka 35 bahindutse abaherwe muri afurika mugihe gito nyuma yo kugura Sosiyete yabo akayabo k’Amamiliyari...

Abasore babiri bo mugihugu cya Nigeria bahindutse abaherwe mugihe gito kubera isosiyete yabo bakoze ikora ibijyanye n’ikoranabunga.
19 October 2020 Yasuwe: 9305 0

Reba uko wahorana umunezero mu rukundo n’ibintu ugomba gukora niba wifuza guhorana ibyishimo n’umukunzi...

Urukundo ni urusobe rw’ ubuzima bwacu bwa buri munsi,gukunda no gukundwa birashimisha kandi bikanezeza umuntu uri murukundo rutarimo ibibazo. Iyo rutameze neza n’uwo mukundana bikugiraho ingaruka...
19 October 2020 Yasuwe: 5633 0

Congo:Igitero cy’inyeshyamba za FPIC cyasize abaturage benshi bicishijwe ibyuma n’imihoro

Mu ijoro ryo ku wa Gatanu, tariki ya 16 Ukwakira rishyira ku wa Gatandatu, itariki ya 17 Ukwakira 2020, mu midugudu ibiri yo muri Sheferi ya Mobala muri Teritwari ya Irumu, Intara ya Ituri, muri...
19 October 2020 Yasuwe: 1445 0

Ingabire Marie Immaculée yavuze uburyo ngo bititondewe RURA ishobora kuzasenya leta y’u Rwanda

Ingabire Marie Immaculée, umuyobozi uhagarariye Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane (Transparent International) mu Rwanda, yagaragaje impungenge abona k’ Urwego rw’Igihugu...
19 October 2020 Yasuwe: 7212 4

Nziza Désiré wamamaye mu ndirimbo Kula Kulipa akaba na mukuru wa Dr. Claude,yakoze ubukwe na Bijoux...

Umuhanzi mpuzamahanga Nziza Désiré wamamaye mu Burundi mu ndirimbo ‘Kula Kulipa’ akaba na Mukuru w’umuhanzi Dr Claude, nyuma yo kubyarana n’umuhanzikazi Natacha, yakoze ubukwe n’umukunzi we Bijoux...
19 October 2020 Yasuwe: 2366 0

Miss Igisabo yasibye amafoto ye na Bruce Melodie basohokanye[AMAFOTO]

Mu minsi ishize twababwiye inkuru yuko Miss Uwase Hirwa Honorine wamenyekanye cyane ku mazina ya Igisabo kubera imiterere ye ,ari mu rukundo na Bruce Melodie bitewe n’amafoto yashyize kuri...
18 October 2020 Yasuwe: 10615 0

Papa Sava yatanze igisubizo gisekeje ubwo bamubazaga niba hari umukunzi afite

Niyitegeka Gratien wamenyekanye cyane ku mazina ya Papa Sava, Seburikoko, Sekaganda n’andi bitewe n’ubuhanzi butandukanye yagiye akora, yasekeje abanyamakuru ba KISS FM nyuma yuko bamubajije niba...
18 October 2020 Yasuwe: 14247 0

Abantu batunguwe no kubona umukobwa w’ikizungerezi aza gusura umusore w’umukanishi ku kazi

Mu gihugu cya Kenya, amafoto y’umusore ukora umwuga w’ubukanishi n’umukunzi we w’ikizungerezi yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko uyu mukobwa amusanze ku kazi mu igaraje akoreramo...
18 October 2020 Yasuwe: 30782 2

U Burundi bwabeshyuje ibyo guhiga abantu bose bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda babarizwa muri iki gihugu

Minisiteri y’Umutekano mu Burundi, yahakanye ibiherutse gutangazwa ko umuvugizi wayo Pierre Nkurikiye yavuze ko Leta igiye gutangira ibikorwa byo guhiga abantu bose bavuga ururimi rw’Ikinyrwanda...
18 October 2020 Yasuwe: 1627 0

Imyaka 13 irashize inkuru y’urupfu rwa Luck Dube imenyekanye, menya impamvu itangaje abagabo 3 bamuhitanye...

Kuri iki Cyumweru tariki 18 Ukwakira umwaka 2020, imyaka 13 irashize inkuru y’urupfu rw’icyamamamre mu njyana ya Reggae Luck Philip Dube rwamenyekanye, yishwe n’abagabo 3 bari basanzwe ari abajura...
18 October 2020 Yasuwe: 9849 0
0 | ... | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | ... | 7410