Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe kuri uyu 12 Kamena 2018 harimo ibyo Perezida wa US n’ uwa Koreya ya Ruguru bemeranyije ubwo bahuraga bwa mbere mu mateka y’ ibihugu byabo, Loni yababajwe n’ umusirikare...
Abantu basezerwa mu bigo ngororamuco bagera hanze bamwe bagasubira mu buzererezi no mugukoresha ibiyobyabwenge bitewe n’ uko bakirwa iyo basubiye iwabo. Leta y’ u Rwanda iki kibazo yaragihagurukiye...
Umuyobozi w’ ikigo cy’ ishuri giherere mu karere ka Karongi wakubitiwe imbere y’ abarimu n’ abanyeshuri ababajwe no kuba umuyobozi ushinzwe uburezi mu karere ka Karongi wamukubise...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump na Perezida wa Koreya ya Ruguru bombi bamaze kugera muri Singapore ahabera ibiganiro byari bimaze iminsi bitegerejwe n’ abatari bake. Aba...
Abaturage bo mu karere ka Rusizi mu murenge wa Bugarama aharasiwe abantu babiri muri iki Cyumweru baravuga ko umwijima uterwa no kuba amatara yaho ataka ariwo watumye batamenya abarashe bagenzi...
Cyamunara y’imashini zikoreshwa mu gutunganya itabi ry’uruganda ‘Premier Tobacco Company Ltd (PTC)’, rw’umuryango wa Rwigara Assinapol, yari iteganyijwe kuri uyu wa Mbere yasubitswe ny’uma y’uko uyu...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko izishyurira imisoro abacuruzi b’Abanyarwanda bashobora kuzagirwaho ingaruka n’umwanzuro wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wo kurukura muri gahunda yo kwinjiza...
Ubushakashatsi bwakorewe ku kirwa cya Maurice bwagaragaje ko gukoresha nabi ibitambaro bihanagura amasahane bizwi nka ‘Suveseri’ bishobora gutera indwara zirimo n’ inzoka zo mu...
Kizito Mihigo n’abamwunganira Kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Kamena bageze Kimihurura mu cyumba cy’iburanisha cy’Urukiko rw’Ikirenga batungurwa no gusanga urubanza rwasubitswe runimurirwa mu Rukiko...