skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Rusizi: Abasore babiri barashwe barapfa

Saa tatu n’ iminota ibiri, kuri iki Cyumweru tariki 10 Kamena, abantu bitwaje intwaro batamenyekana barashe abasore babiri mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi...
11 June 2018 Yasuwe: 3478 1

FPR: Abazahagararira uburengerazuba ntabvo basanzwe mu nteko

Murekatete Thriphose, Nyirinkuyo Mediatrice, Kanyamashuri Janvier na Tuyizere Michel nibo batorewe kuzahagararira umuryango wa RPF Inkotanyi mu matora y’abadepite mu karere ka...
10 June 2018 Yasuwe: 1767 0

Umukobwa wa Barack Obama ‘Malia Obama’ yagaragaye mu ishusho nshya[AMAFOTO]

Umukobwa wa Barack Obama, Malia Obama umaze amezi atabana n’ ababyeyi be yagaragaye yarahinduye imyitwarire, yanihitiyemo uko umusatsi we n’ imyambarire bikwiye kuba bimeze bias n’ aho yari...
10 June 2018 Yasuwe: 8434 1

Umukwe wa Mugabe yatawe muri yombi nyuma yo gufungira mu biro umugore utari uwe

Umukwe wa Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe yatawe muri yombi na polisi y’ iki gihugu azira gufata bugwate umunyamategeko wa kampani itwara abagenzi mu ndege...
9 June 2018 Yasuwe: 4229 0

U Rwanda rutanga miliyoni 70 buri kwezi ku bagororerwa IWAWA

Umuyobozi w’ Ikigo cy’ Igihugu cy’ igororamuco mu Rwanda aratangaza ko kugorora abana b’ inzererezi baba barakuwe mu mihanda hirya no hino bakajyanwa IWAWA bitwara Leta y’ u Rwanda miliyoni 70 buri...
9 June 2018 Yasuwe: 1493 1

Canada na Trump ntibavugarumwe ku igaruka muri G7 ry’ Uburusiya

Igihugu cya Canada cyakiriye inama y’ ibiguhu 7 bikungahaye ku Isi ntabwo ishyigikiye ko Uburusiya rusubira mu bihugu 7 bikungahaye kurusha ibindi mu isi nubwo Perezida wa Amerika Donald Trump...
9 June 2018 Yasuwe: 1127 0

Autriche yafunze imisigiti inirukana aba Imam 60

Mu gihugu cya Autriche Guverinoma ku wa Gatanu, yirukanye abayobozi b’imisigiti ‘Imam’ bagera kuri 60, inafunga imisigiti irindwi iterwa inkunga na Turukiya.
9 June 2018 Yasuwe: 907 1

Green Party ifite intego yo gutsindira 20% by’ imyanya y’ abadepite

Ishyaka riharahira Demukarasi no kurengera Ibidukikije DGPR ryatangaje ko rikomeje imyiteguro y’ amatora y’ abadepite ateganyijwe muri Nzeli uyu mwaka ndetse ko rifite intego yo gutsindira 20%...
9 June 2018 Yasuwe: 463 0

Itsinda ry’abayobozi baturutse muri Lesotho basuye ikicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda

Itsinda rigizwe n’abayobozi baturutse mu gihugu cya Lesotho basuye icyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda, bakaba bagenzwaga no gusangira ubunararibonye n’abayobozi bakuru b’ingabo z’u Rwanda bw’uko...
8 June 2018 Yasuwe: 804 0

U Rwanda rwatangiye kubaka ikigo kizagororerwamo abagore b’ inzererezi

Leta y’ u Rwanda yatangiye imirimo yo kuhubaka ikigo kizagororerwamo abagore b’ inzererezi bagera kuri 500 guhera mu Ukuboza 2018.
8 June 2018 Yasuwe: 413 0
0 | ... | 1410 | 1420 | 1430 | 1440 | 1450 | 1460 | 1470 | 1480 | 1490 | ... | 3230