Imyidagaduro
BREAKING: Nkusi Lynda Avuye muri 20 bahatanira kuba Missrwanda 2022
Yanditswe: Tuesday 08, Mar 2022
Nkusi Lynda wari muri 20 bahatanira ikamba rya Missrwanda yamaze gusezera mu Mwiherero nyuma yiminsi 8 bawurimo kubwimpamvu z’Umuryango
KANDA HANO WUMVE MISS NIMWIZA MEGHAN ASOBANURA KU ISEZER RYA LYNDA
Nkuko bigaragara mu Itangazo ryacishijwe kuri konti ya Twitter ya Missrwanda rivuga ko Nkusi Lynda warufite numero 43 yamaze kuva mubahatanira iri kamba kubera impamvu z’Umuryango we.
Rigira riti "Twishimiye kumenyesha abantu bose ko NBkusi Lynda yamaze kuva mubahatanira kuba Missrwanda 2022. Ni nyuma y’Ibaruwa yandikiye abategura irushanwa, kubera impamvu ze bwite niz’Umuryango we atagikomeje guhatana"
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *