skol
fortebet

Huddah Monroe Umunya-kenyakazi ufite imiterere idasanzwe y’ikibuno yasubije ibibazo bitandukanye birimo n’abifuje kumenya niba koko ari Indaya

Yanditswe: Thursday 11, Feb 2021

Sponsored Ad

skol

Umunya Kenyakazi Alhuda Njoroge uzwi ku izina rya Huddah Monroe umaze igihe kitari gito mu gihugu cy’abarabu, yahakanye ibivugwa ko uburaya ari yo mpamvu nyamukuru yatumye akomeza kuguma i Dubai.

Sponsored Ad

Mu kiganiro cy’ibibazo n’ibibazo, Madamu Monroe yamaganye abamunenga bamushinja ko ari indaya i Dubai, avuga ko amagambo nkaya avugwa gusa n’abantu bababaye kandi bafite ishyari.

“Uri indaya?” Umufana abaza Huddah Monroe!

Madamu Monroe yamusubije agira ati: “Ibyo n’iby’abantu bababaye, bafite ishyari iyo babonye umukobwa ukiri muto wateye imbere akora ibintu bye. Banga ibyo badasobanukiwe. Ahubwo ibyo nkora n’igituba cyanjye nta n’umwe bireba… Tekereza icyo ushaka cyose ”

Huddah Monroe uri i Dubai kuva muri Gashyantare umwaka ushize, avuga ko ntakimwihutisha gusubira mu rugo. Ndetse yemeje ko yagurishije inzu ye ya Nairobi.

Undi mufana ati: “Uraza murugo ryari ko tugukumbuye?”.

Huddah Monroe asubiza ati: “Isi ni iwanjye. Sinkigira ahantu runaka nita murugo. Ahantu hose numva mfite amahoro. Ibintu. Kandi nishimiye ni iwanjye kuri njye ”.

Yongeyeho ati: “Sinkigira inzu muri Kenya, naragurishije”.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa