skol
fortebet

Ihere ijisho uburanga bwa Aggy uvugisha benshi kubera imiterere ye

Yanditswe: Thursday 15, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mu mafoto ihere ijisho uburanga bw’umunyamideli uvugisha benshi ku mbugankoranyambaga kubera imiterere ye wamenyekanye nka Aggy Nkurunziza.

Sponsored Ad

Uyu mukobwa ukunze gutangarirwa na benshi kubera uburanga n’ikimero afite birangaza besnhi aherutse gutangaza ko yitegura kwibaruka.

Mu butumwa buherekejwe n’amafoto bigaragara ko akuriwe yashyize hanze, yagize ati: “Ndumva nishimiye guhura n’uyu mwana muto w’igice cyanjye n’igice cy’uwo nkunda bitangaje.”

Ni ubutumwa bwishimiwe cyane n’abakunzi be bamwifuriza imigisha ariko na none abandi bagaragaza ko batunguwe cyane kuko batigeze babona ko atwite mu minsi yashize kandi yarabasangizaga amafoto nk’ibisanzwe.

Aggy washyizeho amafoto agaragaza ko akuriwe ntabwo akunze kugaragara cyane cyangwa se kuvugwa cyane uretse kuba afite abakunzi benshi badasiba kugaragaza ko bishimira imiterere ye itangaje haba abo mu Rwanda ndetse no hanze yarwo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa