skol
fortebet

Imikino

Nyuma y’imvururu nyinshi zishingiye ku marozi, Rayon Sports iguye miswi na Mukura VS

Wari umukino w’umunsi wa cyenda wa shampiyona y’u Rwanda, Azam Rwanda Premier League, Mukura (...)

Karekezi umaze iminsi muri Rayon yerekeje muri APR FC mu igeragezwa

Karekezi Jean umaze iminsi akorera igeragezwa muri Rayon Sports kuri ubu yamaze kugera muri APR (...)

Shampiyona y’ u Rwanda irakomeza Rayon Sports yisobanura na Mukura VS

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Ukuboza 2016, shampiyona y’ikiciro cya mbere hano mu Rwanda (...)

Umutoza Kayiranga ntiyumva impamvu ikibuga cya Ruyenzi cyahagaritswe

Umutoza w’ikipe ya kipe ya Pepiniere, Kayiranga jean Baptiste, nyuma yo kubwirwa ko ikibuga (...)

Itariki y’ubukwe bwa Lionel Messi yamenyekanye

Umukinnyi mpuzamahanga wa Argentine na FC Barcelona, Lionel Messi agiye gukora ubukwe n’inshuti (...)

Umwe mu bakinnyi birukanwe na Police yamaze gusinyira Rayon Sports imyaka 2

Umukinnyi ukina nka myugariro wakiniraga ikipe ya Police FC, ariko akaba yaramaze kwirukanwa (...)

Jose Mourinho yafanguye amarembo ku bakinnyi bifuza gusohoka muri Man U

Umutoza wa Manchester United, Jose Mourinho, yafashe umwanya ku agira icyo avuga ku bakinnyi (...)

Menya inshuti 5 z’amagara za Cristiano Ronaldo

Cristiano Ronaldo umunya Portugal ukinira ikinira ikipe ya real Madrid yo muri Espagne, akaba (...)

Masudi Djuma arasaba abafana ba Rayon Sports gukora ibishoboka bagasinyisha Cedric

Umutoza wa Rayon Sports Masudi Djuma arasaba abafana ba Rayon Sports gukora ibishoboka byose (...)

"Njyewe icyo nkora nukubaha umuyobozi wanjye nkamuzanira ikipe ye tugakina na APR ikadutsinda tugataha." Kayiranga J. Baptiste

Umutoza w’ikipe ya Pepiniere , Kayiranga Jean Baptiste, avuga ko kuba batsinzwe na APR FC nta (...)

Umutekano mucye utumye Shampiyona ya DR Congo ihagarikwa

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafashe icyemezo cyo kuba ihagaritse (...)

Nigeria: Ikipe y’abagore yigaragambirije imbere y’urugo rwa Perezida Buhari

Abakinnnyi b’ikipe y’igihugu y’abagore mu mupira w’amaguru muri Nigeria, babyukiye mu myigaragambyo (...)

Nshuti Innocent na Rugwiro Herve bafashije APR FC gutsinda Pepiniere

Ku kibuga cya Kigali, Umukino w’ ikirarane wahuje APR FC na Pepiniere, kuri uyu 14 Ukuboza 2016, (...)

Umutoza wa APR FC, Jimmy Mulisa yagize ibyago

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 14 Ukuboza 2016, nibwo amakuru yamenyekanye (...)

Yaya Toure wafashwe atwaye imodoka yasinze ngo yanyweye inzoga agira ngo ni Coca

Umunya Cote d’Ivoire ukinira ikipe Manchester City, nyuma yo gufatwa itwaye imodoka yasinze, we (...)

0 | ... | 11475 | 11490 | 11505 | 11520 | 11535 | 11550 | 11565 | 11580 | 11595 | 11610