skol
fortebet

Patriots yahesheje ishema u Rwanda igera muri ½ cya BAL

Yanditswe: Thursday 27, May 2021

Sponsored Ad

Imbere ya Perezida Kagame na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, Patriots BBC yasezereye Ferroviário de Maputo yo muri Mozambike muri 1/2 cy’irushanwa rya BAL 2021 riri kubera muri Kigali Arena, iyitsinze amanota 73-71.
Mu mukino w’ishyiraniro wafunze umwuka abawurebye bose,Patriots BC yaserutse neza itsinda uyu mukino bigoranye cyane kuko umukino warangiye mu masegonda ya nyuma.
Uko uduce twagenze:Patriots VS Ferroviário de Maputo
Agace ka 1: 24-15
Agace ka 2: 18-24
Agace ka 3: 12-18 (...)

Sponsored Ad

Imbere ya Perezida Kagame na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, Patriots BBC yasezereye Ferroviário de Maputo yo muri Mozambike muri 1/2 cy’irushanwa rya BAL 2021 riri kubera muri Kigali Arena, iyitsinze amanota 73-71.

Mu mukino w’ishyiraniro wafunze umwuka abawurebye bose,Patriots BC yaserutse neza itsinda uyu mukino bigoranye cyane kuko umukino warangiye mu masegonda ya nyuma.

Uko uduce twagenze:Patriots VS Ferroviário de Maputo

Agace ka 1: 24-15
Agace ka 2: 18-24
Agace ka 3: 12-18
Agace ka 4: 19-14

Abatsinze amanota menshi:

Gasana Kenneth 23 pts
Aristide Mugabe 18 pts

Mu mikino ya 1/2 izatangira kuwa gatandatu, Patriots izahura na US Monastir yo muri Tunisia.Undi mukino wabaye uyu munsi US Monastir yatsinze AS Douanes 86-62.

Mu mukino wabanjirije indi yose ya ¼ ku mugoroba wo ku wa Gatatu, Zamalek yo mu Misiri yatsinze FAP yo muri Cameroun amanota 82 kuri 53.

Undi mukino wa ¼ wabaye ejo guhera saa tatu z’ijoro, warangiye Petro de Luanda yo muri Angola itsinze AS Salé yo muri Maroc amanota 79-72.





Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa