Amavubi yatangiye imyitozo kuri iki cyumweru, ategura umukino wa Ethiopia uzaba ku wa 5 w’iki cyumweru i Dar Es Salam.
Amavubi azakina imikino 2 mu rwego rwo gushaka itike yo kwitabira imikino...
Umukunzi w’Umukinnyi Federico Valverde witwa Mina Bonino, yasabye cyane Casemiro kutava muri Real Madrid ndetse aramutuka nyuma y’amakuru avuga ko agiye muri Manchester United.
Mu ifoto...
Umugore wo mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro, uri kotswa igitutu ngo asohoke mu nzu ndetse bakaba baratangiye kuyimusenyeraho, avuga ko asanganywe ikibazo cyo kuba umugabo we...
Ikipe ya Kiyovu Sports yamaze gusinyisha Rutahizamu Ukomoka mu Burusiya Vladislav Kormishin w’imyaka 27 wakinaga mu ikipe yitwa FK Armavir y’iwabo.
Uyu mukinnyi wa mbere ukomoka mu Burusiya uje...
Umuhungu w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara ariyemerera kwica anize umwana w’imyaka 9 nyuma yo kumujyana iwe amubeshya ko agiye kumugurira umugati, akavuga ko iki gikorwa...
Kuririmba ni kimwe mu bigize gahunda hafi ya zose zo mu buzima bwacu bwa buri munsi usanga kuririmba ari ikintu gikomeye ndetse dusanga mu bikorwa byinshi binyuranye harimo ibirori bitandukanye...
Kevin Muhire wahoze ari Capiteni wa Rayon sport muri championa y’umwaka ushize, biravugwa ko yaba yamaze kongera amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe.
Uru rukingo rwa Moderna rwahawe uburenganzira n’ikigo cy’Abongereza gishinzwe imiti (MHRA), nyuma yo gusanga rwujuje ibisabwa byose mu gutanga ubwirinzi.
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko kapiteni wayo mushya ari myugariro Rwatubyaye Abdul uherutse kuyisinyira amasezerano y’imyaka 2 avuye Muri Macedonia.
Mu kiganiro Rayon Sports yagiranye...
Umutwe wa M23 yateye utwatsi abayishinja guhagarika urugamba ikigira mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu birombe biri mu gace ka Kurimisyoni.
Umuvugizi wa M23 Lawrence Kanyuka yavuze ko M23...
Prossy Mayanja umubyeyi wa Weasel Manizo umugabo wa Sandra Teta banabyaranye yashimangiye ko gutandukana k’umuhungu we Weasel na Sandra ari nk’inzozi bidashoboka bitewe n’uko ubuzima bwa Sandra...
Bamwe mu bamotari bo mu mujyi wa Kigali batangaje ko batazongera gukoresha mubazi kubera ko ibatera ibihombo bikomeye cyane ko n’ibicirio bya lisansi bikomeje kuzamuka.
Ku cyumweru tariki ya 7...
Rutahizamu Boubacar Traoré w’imyaka 24 ukomoka muri Mali ategerejwe i Kigali muri iri joro aho aje gukinira ikipe ya Rayon Sports ishaka kunezeza abafana muri uyu mwaka w’imikino
Amakuru ahari...