Kuru uyu wa Kane tariki ya 11 Ugushyingo nibwo Nyampinga w’u Rwanda w’umwaka wa 2021, Ingabire Grace yizihije isabukuru y’amavuko nyuma yo kwambikwa ikamba mu mateka ariwe mukobwa ufite amashuri...
Perezida Kagame yitabiriye ubukwe bw’umukobwa w’intwari y’igihugu Fred Gisa Rwigema witwa Teta Gisa,washakanye na Marvin Manzi, umuhungu wa Louis B. Kamanzi nyiri Radio Flash mu bukwe bwabereye i...
Umukecuru witwa NYIRAMAHARANE Venantie uri mu kigero cy’imyaka 85 utuye mu karere ka Musanze mu murenge wa Gataraga Akagari ka Murago aratabaza ubuyobozi n’abandi bagiraneza kumutabara, kuko inzu...
Nyuma yo kurega Kenneth Petty na Nicki Minaj abashinja kumutera ubwoba kuri ubu Jennifer Hough yatanze ubuhamya ku nshuro ya mbere aho yabutangiye kuri televiziyo mpuzamahanga ya CBS avuga uko...
Umutoza mushy wa Rayon Sports Masudi Djuma yatangaje ko uyu mwaka iyi kipe idafite abakinnyi bakanganye nk’abo yagiye igira mu myaka ishize gusa yemeza ko byatewe nuko habayeho gutinda mu kujya ku...
Umutoza wa Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer,yatangaje ko atiteguye gukinisha Cristiano Ronaldo imikino yose muri uyu mwaka w’imikino nubwo uyu rutahizamu aba aribyo yifuza ngo atsinde...
Mu butumwa burebure yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze,umunyabigwi Cristiano Ronaldo yavuze ko yasubiye muri Manchester United nyuma y’imyaka irenga 10 agiye gukomereza aho yari agejeje mu...
Umunyabigwi w’ikipe ya FC Barcelona, Andres Iniesta,yatangaje ko bizaba bibabaje cyane kubona Lionel Messi mu mwenda w’ikipe ya PSG yaraye asinyiye amasezerano y’imyaka...
Peruth Chemutai abaye umugandakazi wa mbere utsindiye umudali wa zahabu mu mikino olempike kuva yabaho aho yabaye uwa mbere mu gusiganwa metero 3000 basimba imitego (steeplechase/course...
Umugore witwa Marilyn Buttigieg ari mu rukundo n’umusore witwa William Smith arusha imyaka 29 y’amavuko nyuma yo kumumenya ubwo yazaga mu rugo rwe aje gukina n’umuhungu...
Abanyarwanda n’Abarundi ntibahiriwe mu mikino olempike yo gusiganwa kwiruka metero 5000, no koga metero 50 yaba
yabaye uwa nyuma mu gace ka
Abakinnyi batatu b’u Rwanda na babiri b’u Burundi...
Ku munsi wa 3 w’urubanza ruregwamo abahoze ari abayobozi ba ADEPR bakurikiranyweho kunyereza amafaranga ya ADEPR arenga miliyari 6 rwakomeje kuburanishwa mu rukiko Rukuru, inteko y’abacamanza...
Myugariro w’ikipe ya Arsenal waherukaga gutizwa muri West Bromo mu mwaka w’imikino ushize, Ainsley Maitland-Niles yarokotse impanuka y’imodoka ye yagonganye n’indi igahita...
Komite Olempike mu Rwanda yatangaje ko kizigenza mu gusiganwa ibirometero byinshi,Muhitira Félicien uzwi nka Magare yakuwe ku rutonde rw’abazahagararira u Rwanda mu mikino Olempike izabera Tokyo,...
Umutoza wa AS Roma Jose Mourinho uri gukora ubusesenguzi ku mikino ya Euro 2020,yatangaje ko Portugal iri gukina ari abakinnyi 10 gusa, kuko Fernandes ari mu kibuga ariko adakina.
Bruno...
Ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC iragaruka i Shyorongi kuri uyu wa mbere nyuma y’isubikwa ry’imikino ya nyuma ya shampiyona yagombaga gukinwa kuri uyu wa Kabiri aho iyi kipe yagombaga kwakira ikipe ya...
Ikipe ya FC Barcelona yatangaje ko yasinyishije bidasubirwaho Umuholandi w’imyaka 27, Memphis Depay,wari umaze igihe akinira ikipe ya Lyon mu Bufaransa.
Memphis warangije amasezerano muri Lyon...
Mu ijoro ryakeye nibwo hasohotse ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yari yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,yanzuye ko abahoze ari Abaminisitiri Dr. Diane Gashumba na Prof Shyaka...