Abakire 8 batigeze bakandagira mu ishuri turasangamo John D. Rockefeller, Henry Ford , Amancio Ortega , Kirk Kerkorian ndetse n’ abandi.
Benshi muri iyi si dutuye bibwira ko gukira gukira...
Umuhanzi Harmonize yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa kane aho aje kuririmba mu bitaramo azakorera hano mu Rwanda.
Rajab Abdul Kahali Uzwi nka Harmonize yageze ku kibuga cy’indege i...
Itsinda ry’ abahanzikazi 2 Charly na Nina batangaje ko batazitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rizaba ku nshuro yaryo ya 8.
Babinyujije mu kiganiro gica kuri Flash Fm kitwa Flash...
Umuhanzi Safi Madiba yatangaje ko ikintu akundira Judith umugore we ari uko bahuza kuri buri kimwe , anavuga ko umusore umurinda amugenera amafaranga bitewe n’ uko nawe bamuhembye mu bitaramo...
TMC uririmba muri Dream Boys yavuze ko ubusanzwe akunda abakobwa bateye neza mu gihe Platini yakwifuza gusohokana na Knowless Butera
Kuri uyu wa Gatanu taliki 09 Werurwe 2018 itsinda...
Umuhanzikazi Young Grace yifashishije urukuta rwe rwa Instagram atuka umunyamakuru wo mu Rwanda ko nta bunyamwuga ndetse ko ari umwana w’ indaya.
Taliki ya 9 Werurwe nibwo ikinyamakuru gikorera...
Ku wa Kane tariki 8 Werurwe 2018 ni bwo umusore urinda umutekano wa Safi Madiba Danny The Warrior yizihizaga isabukuru ye y’amavuko, uyu musore yaje Gutungura n’uyu muhanzi wamukoreye umunsi...
Abahanzi nyarwanda barimo ,Nizzo Kaboss, Bruce Melody , Jay C , Just Family ,Mico The Best ,Arstide bifatanyije na Social Mula mu muhango wo gushyingura mu cyubahiro umubyeyi we witabye Imana mu...
Shadyboo yashyize hanze amafoto atandukanye agaragaza atambaye ikariso ndetse bamujugunyaho amafaranga mu gitaramo yakoreye kuri K-Club I Nyarutarama . Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 7 Werurwe...
Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Werurwe 2018 nibwo umuhanzi Davido yasesekaye i Kigali gukora igitaramo kiri mu by’uruhererekane yise ’30 Billion Africa Tour 2018’ amaze iminsi...
Umuhanzi w’ icyamamare Jason Derulo yasinye amasezerano na kompanyi ya Coca Cola yo kuzakora indirimbo izaririmbwa mu gikombe cy’ isi kizabera i Moscow mu gihugu cy’ uburusiya kuva taliki ya 14...
Umuhanzi Naseeb Abdul Juma wamenyekanye ku kabyiniro ka Diamond Platnumz yamaze kubona ibyangombwa byose nyenerwa byo gutangiza ku mugaragaro Radio na Televiziyo bya Wasafi Records abereye...
Mu Rwanda buri mwaka hatorwa umukobwa uhiga abandi Umuco ,Ubwiza,ndetse n’ ubwenge iri rushanwa rikaba ribaye ku inshuro yaryo ya Gatandatu kuva mu mwaka w’ 1993 n’ubwo haciyemo igihe kingana n’...
Nyampinga wakunzwe na benshi(Miss Popularity); Umutoniwase Anastasie yegukanye ikamba rikomeye nyuma yo kwamamara ku mbuga nkoranyambaga no muri rubanda binyuze ku mafoto atandukanye yacicikanye...
Umuhanzikazi Esther Akoth ubusanzwe uzwi kukabyiniro ka Akothee wavukiye mu igihugu cya Kenya akaba yaratwaye igikombe cy’ umuhanzikazi mwiza wa afurika mu mwaka wa 2016 igihembo yahawe n’ itsinda...
Umukinnyi wa filime w’icyamamare ku Isi ufite inkomoko muri Kenya Lupita Amondi ubusanzwe uzwi ku kabyiniro ka Lupita Nyong’o afatwa nk’ icyenyenyeri ya rubanda muri ki gihugu ifite inzu y’...
Umuhanzi Bryan Christopher Williams uzwi nka Birdman yatangaje ko akunda Toni Braxton byo gupfa ubwo yashimangiraga ku mugaragaro ko bakundana mu kiganiro cya Wendy Williams’ daytime chat show...
Umuhanzi David D wamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye nka Biryogo, Mariya kaliza, Go Down, Sweet Love, Hennesy aheruka gushyira hanze n’izindi zitandukanye kuri ubu yamaze gushyira ku rutonde rw’...
Umunsi w’abakundana ‘St Valentin’ wizihijwe kuwa 14 Gashyantare,2018 ntiwahiriye Diamond Platnumz kuko aribwo umugore we Zari The Lady Boss yeruye ko atandukanye nawe nyuma y’igihe kinini yumva...
Umwanditsi akaba n’umuririmbyi ukomeye muri Afurika y’Iburasirazuba Dr Jose Chameleon aherekejwe n’umuvandimwe we Pallaso ndetse n’umunyarwanda Dj Pius bakoranye indirimbo; bakoze igitaramo gikomeye...
Nyuma y’urupfu rwa Mowzey Radio waririmbaga mu itsinda rya Good Life benshi mu bahanzi bagiye bahura nawe bafite byinshi bamwibukiraho bavuga ko bidateze gusibangana, Charly&Nina bibuka neza...
Ubwo yari imbere y’imbaga mu gitaramo umuhanzi ukomeye Harmonize unitegura kuza mu Rwanda yajyanye ku rubyiniro umukunzi we maze bamwe mu bafana batangira ku mukorakora ku bibero ntibizwi niba uyu...