Rwatubyaye Abdoul nyuma yo gusesekara I Kigali avuye muri Turikiya gukora yo igeragezwa akaritsindwa, yatangiye imyitozo mu ikipe ya Rayon Sports yagiye afitiye amasezerano.
Yari imyitozo ya...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare ’Team Rwanda’ yatangiye shampiyona nyafurika iri kubera mu Misiri itwara umudari wa Bronze nyuma yo kwegukana umwanya wa gatatu mu gace gafungura...
Abasore ba APR FC biteguye kuba basezerera ikipe ya Zanaco FC mu mukino wo kwishyura mu irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo CAF Champions League, ni nyuma y’uko umukino ubanza amakipe...
Ikipe ya APR FC isezerewe mu mikino nyafurika nyuma yo gutsindirwa na Zanaco FC i Kigali igitego 1-0, mu gihe umukino ubanza amakipe yombi yari yanganyije 0-0 muri Zambia.
Igice cya mbere...
Nyuma y’amezi ane; Iranzi Jean Claude na Uwera Aline basezeranye kubana akaramata, dore ko bari bakundanye igihe kinini bibarutse imfura yabo y’umuhungu mu ijoro ryo kuri uyu wa 20 Gashyantare...
Urutonde rw’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare ku isi ‘UCI’ rwagiye ahagaragara, rusize umunyarwanda Areruya Joseph ku umwanya wa kabiri muri Afurika, Team Rwanda iza ku mwanya wa gatanu.
Areruya...
Rwatubyae Abdul umukinnyi wavuye muri APR FC yerekeza muri Rayon Sports, ntarabona ibaruwa yerekana ko yatandukanye na APR FC(release letter), ibaruwa agomba guhabwa na APR FC akaba ari nayo...
Myugariro w’ikipe ya APR FC, Rugwiro Herve avuga ko kwitwara nabi kwa APR FC mu minsi ishize byaterwaga n’uko abakinnyi batakurikizaga inama z’umutoza.
Ikipe ya APR FC yamaze imikino 4 nta ntsinzi...
APR FC itsinzwe na Gicumbi FC 1-0, mu mukino w’ikirarane ihita itakaza umwanya wa mbere ufatwa na Rayon Sports yatsinze Espoir 2-0.
Igice cya mbere ikipe ya APR FC yagerageje gusatira maze...
Umutoza Luis Enrique utoza ikipe ya FC Barcelona yo muri Espagne yasezeye ku buyobozi bw’ iyo kipe, abakinnyi n’ abakunzi bayo avuga ko batazakomezanya umwaka utaha w’imikino.
Luis Enrique w’...
Nyuma y’uko ikipe ya APR FC inganyije na Musanze FC mu umunsi wa 19 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, kuri uyu wa gatandatu ndetse n’ejo ku cyumweru imikino irakomeza.
Ikipe ya AS...
Shampiyona yari yakomehje ku umunsi wayo wa 19, hari habaye imikino itandukanye, Police yananiwe kwikura I Gicumbi, AS Kigali mu Bugesera ihatambuka kigabo ni mu gihe Minnaert na Mukura ye nabo...
Umukino wa Super Cup(umukino uhuza ikipe yatwaye shampiyona n’iyatwaye igikombe cy’igihugu) muri Kenya wahuzaga Gor Mahia na Tusker wabere kuri Afraha Stadium urangiye ari igitego kimwe...
Bitewe n’imbaraga bafite ukongeraho imitegurwe yabo utanibagiwe umwuka uri mu bakinnyi, umuzamu wa Rayon Sports akaba na kapiteni w’iyi kipe, Eric Ndayishimiye uzwi nka Bakame yizeye nta...
Ku igicamusni cyo kuri uyu wa Gatatu ikipe ya Rayon Sports nibwo yasesekaraga ku ikibuga mpuzamahanga cya Bamako muri Mali aho igiye gukina umukino nyafurika na Onze Createurs, ikaba yakiriwe...
Ikipe y’igihugu ya Basketball irahaguruka mu Rwanda kuri iki gicamunsi yerekeza mu Misiri gukina imikino y’akarere ka 5.
Saa 1:20 nibwo abasore bayobowe na Moise Mutokambali bari buhaguruke mu...
Masudi Djuma avuga ko batsinzwe igitego kubera kurangara gato uretse ko banakinnye n’ikipe ikina umupira nk’uw’abongereza.
Saa sita z’ijoro kuri iki cyumweru nibwo ikipe ya Rayon Sports...
Ikipe y’igihugu ya Basketball itangiye amarushanwa y’akarere ka 5 itsinda Kenya amanota 76 kuri 60.
Udece tune tugize umukino wa Basketball twarangiye abakinnyi barimo Kenny Gasana na Shyaka...
Nyuma y’uko perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Nzamwita Vincent De Gaulle atangaje ko u Rwanda rutigeze rujya mu igikombe cy’Afurika kuko ubwo bajyagayo ngo bajyanyweyo...
Umutoza Masudi Djuma wa Rayon Sports yemeza ko amanota 8 arusha ikipe ya kabiri atatwara igikombe ariko ko gutsinda ikipe ifite umutoza wa mbere mu Rwanda bimushimushimije cyane.
Ni nyuma yo...
Abanyabigwi ba Brazil Ronaldo na Ronaldinho benshi babafata nka bami ba ruhago, nyuma y’ikiganiro kitari gito kuri televiziyo ya Globo byarangiye bemeranyije ko Ronaldo ari we mukinnyi mwiza...
Eric Nshimiyimana umutoza wa AS Kigali avuga ko ikintu ba rutahizamu b’ubu batandukaniyeho n’abakera ari impano, kuko abatoza baratoza ariko ntibarema ngo bahe umukinnyi impano adafite.
Ibi nibyo...
Umutoza w’ikipe ya Police FC arabizi ko ikipe ya Kirehe FC yihagararaho mu rugo ariko ngo nta manutse i Kirehe kunganyirizayo cyangwa gutsindirwayo agiye gushaka amanota atatu.
Seninga Innocent...
Umutoza wa Entincelles Ruremesha Emmanuel, ufite umukino uramuhuza n’ ikipe ya APR FC kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 1 Mata 2017, yavuze ko uyu mukino utaraba woroshye kuko ngo APR iraza mu...
Ikipe ya Rayon Sports irakina umukino w’umunsi wa 22 ejo kuwa Gatatu tariki ya 5 Mata 2017 idafite bamwe mu bakinnyi bayo bitewe n’ibibazo bitandukanye birimo imvune n’ibindi.
Kuri uyu wa Kabiri...