Umutoza Jose Mourinho yanze akayabo k’amamiliyoni yahabwaga n’ikipe y’igihugu y’Ubushinwa kugira ngo yerekeze mu ikipe ya Real Madrid ishobora kumuha akazi muri uku...
Umuyobozi wa Real Madrid,Florentino Perez ari mu biganiro byimbitse na Zinedine Zidane waherukaga guhesha iyi kipe ibikombe 3 kugira ngo agaruke ayitoze,yongere kugaruka mu ruhando rw’amakipe...
Ikinyamakuru gikomeye mu bufaransa cya France Football gitegura Ballon d’Or cyatangaje ko ikipe ya Real Madrid ariyo kipe ikomeye kurusha izindi ku isi,bitewe n’ibyo yagezeho,amafaranga,abafana...
Abafana b’ikipe ya Chelsea bishimiye ko uwahoze ari umunyezamu wabo Thibaut Courtois yatsinzwe igitego na Antoine griezmann acishijwe umupira munsi y’amaguru ibyo abakunzi ba ruhago bita...
Rutahizamu Zlatan Ibrahimovic ukinira ikipe ya LA Galaxy,yatangaje ko ibyo Cristiano Ronaldo yavuze ko kwerekeza muri Juventus yari agiye guhangana atari nka Messi uhora mu ikipe ari ibinyoma...
Umutoza wa Manchester City,Pep Guardiola yatunguye benshi kubera amagambo yavuze kuri Liverpool baresurana kuri uyu mugoroba ko azi igitutu gikomeye abakinnyi b’iyi kipe bariho kubera ko...
Abataha izamu ba Real Madrid bananiwe gukura Cristiano Ronaldo ku isonga ry’abayitsindiye ibitego byinshi muri 2018 nubwo amaze amezi asaga 5 ayivuyemo yerekeje muri...
Rutahizamu wa PSG na Brazil Neymar Jr yatangaje ko yasabye nyina ko yamugurira bombo (cookie) akiri umwana ,abura amafaranga yo kuyigura bituma amusezeranya ko azaba umukire akubaka uruganda...
Umutoza wa Liverpool,jurgen Klopp ukundwa na benshi kubera imikinire ye yo gusatira,yatangarije abanyamakuru ko muri telefoni ye atunze ifoto imwe ya Selfie yifotozanyije na Lionel Messi ndetse...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 17 Ukuboza habaye tombola y’uko amakipe yageze muri 1/8 cya Champions League azahura, Manchester United yatomboye Paris Saint-Germain mu gihe Liverpool yatomboye Bayern...
Kabuhariwe Cristiano Ronaldo ukinira Juventus yabwiye abanyamakuru ko adakumbuye Messi ndetse we amaze kuzenguruka hose yerekana ubuhanga bwe mu gihe uyu munya Argentina we yiziritse muri Espagne...
Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bamaze gusaba amatike yo kwitabira umukino w’abakeba 2 bo muri Argentina,Boca Juniors na River Plate,uzakinirwa ku kibuga cya Santiago Bernabeu ku...
Umutoza wa Manchester City ufatwa nk’umwe mu beza ku isi yatangaje ko ikintu yicuza mu buzima bwe ari uko atabashije kwiga kaminuza kandi yari umuhanga mu ishuli ataratangira...
Rutahizamu Alexis Sanchez ukinira ikipe ya Manchester United ashobora kuyivamo muri uku kwezi akerekeza muri Real Madrid nkuko amakuru aturuka mu binyamakuru byo muri Espagne...
Abakinnyi batandukanye b’ikipe ya Real Madrid babwiye umuyobozi wayo,Florentino Perez ko bifuza ko yarekura rutahizamu utagitanga umusaruro,Gareth Bale wokamwe...
Kapiteni wa Real Madrid,Sergio Ramos yabwiye abakunzi be ko we na bagenzi be bakinana bagize uruhare runini mu kwirukanisha umutoza Julen Lopetegui kuko batamwitangiye uko...
Umutoza wa Manchester City Pep Guardiola uri mu bakunzwe ku isi,yatangarije BBC indirimbo akunda cyane ziganjemo iza kera cyane ndetse benshi mu Rwanda...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus,yaraye atsinze igitego ikipe ya Genoa mu mukino banganyijemo igitego 1-1,bituma aca agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere utsinze ibitego 400...
Umunyamideli ukomoka muri Brazil, Bruna Marquezine yatangaje ko yongeye gutandukana na Neymar Jr baherukaga kwiyunga ndetse avuga ko ariwe wamusabye ko bahagarika ubucuti...
Ikipe ya Real Madrid yabwiye umutoza wayo Julen Lopetegui ko ahawe imikino 3 irimo n’uwa El Clasico kugira ngo abashe kugumana akazi ke ndetse ko nibiramuka byanze azakamburwa kagahabwa...