Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, Uruguay yahagaritse imikino 14 Argentina yari imaze idatsindwa iyitsinda ibitego 2-0,mu mikino y’amajonjora y’igikombe cy’isi mu gace kabo ka Amerika...
Ikipe y’igihugu ya Brazil yahuye n’uruva gusenya ubwo yari mu gihugu cya Bolivia mu mukino wo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi kizabrera mu Burusiya aho yarwanye no guhumeka ndetse...
Abamisiyoneri bo muri USA,Steve Campbell n’umugore we Robin barashinjwa kujya ku kirwa gituwe n’abitwa aba Hi-Merimã bagashaka kuba teza icyorezo gikomeye cyane,none kuri ubu bakurikiranyweho...
Umukino w’ u Rwanda na Senegal mu gikombe cya Afurika cya Volleyball mu bagore,wari uteganyijwe kuba kuri uyu wa Kane saa 18:00 wasubitswe nyuma y’uko Morocco ireze u Rwanda ko rwakinishije...
Ikipe ya Brazil iri mu mazi abira kuko nyuma yo gutakaza Neymar Jr na Danilo mu mikino 2 iheruka ndetse bakiyongeraho Alex Sandro,kuri ubu babuze abandi bakinnyi babiri.
Gabriel Jesus usanzwe...
Uwari umutoza wa Brazil, Tite yatezwe n’igisambo kiramwambura ubwo yarimo gutembera I Rio.
Amakuru ava muri Brazil avuga ko ubwo uyu mugabo yarimo gutembera mu gitondo,yatezwe n’umujura...
Neteo umwe mu bantu batandatu gusa barokotse impanuka y’indege yari itwaye abakinnyi b’ ikipe ya Chapecoense FC yo muri Brazil, yaguyemo abantu 76 mu mpera z’ukwezi gushize, yari ari gusoma umurongo...
Myugariro Marcelo w’ikipe ya Brazil wavunikiye mu mukino wahuje Brazil na Serbia ku wa 3 hashize iminota 10 gusa umukino utangiye,yavunwe na matora mbi yarayeho muri hoteli mbere y’uko uyu mukino...
Ubwo Neymar yatsindaga igitego cya kabiri mu mukino wa kabiri wo mu itsinda E wabahuje na Costa Rica,mushiki we Rafaella Santos ibyishimo byaramurenze yitura hasi ahita avunika...
Umukinnyi Ronaldinho uri mu bakoze amateka mu mupira w’amaguru muri Brazil no mu ikipe ya FC Barcelona,ari mu bukene bukabije bwatumye ubushinjacyaha bwo muri Brazil bufatira imitungo ye irimo...
Brazil ubu ni igihugu cya kabiri ku isi iki cyorezo kimaze kwicamo abantu benshi, gusa bakomeje gukora ibishoboka mu kurwanya no kwirinda coronavirus.
Uyu mugore n’umugabo we, bo bafashe ingamba...
Abakinnyi 4 b’ikipe yitwa Palmas yo mu cyiciro cya 4 na perezida wayo baguye mu mpanuka y’indege bari bateze bagiye gukina umukino w’igikombe cy’igihugu wagombaga kuba kuri uyu wa...
Robinho wahoze akinira Brazil n’amakipe nka Real Madrid na AC Milan, yakatiwe igifungo cy’imyaka icyenda kubera uruhare yagize mu gusambanya ku gahato umukobwa mu kabyiniro k’I Milan muri...
FABIO CAPELLO yatangaje ko yishimiye kugurisha Ronaldo kubera ko uyu munyabigwi wo muri Brazil yakundaga "ibirori n’abagore".
Uyu wahoze ari umutoza w’Ubwongereza ndetse yaratunguwe ubwo AC Milan...
Nyuma y’igihe bivugwa mu bitangazamukuru byinshi byo ku isi ko ikipe ya Manchester City yifuza umunyezamu w’umunya Brazil w’imyaka 23 Ederson Moraes wakiniraga Benfica Lisbon yo muri Portugal...
Abantu 76 nibo bamaze kumenyekana ko baguye mu mpanuka iyi ndege yari itwaye ikipe yo muri Brazil yitwa Chaecoense.
Iyi mpanuka yabereye hafi y’ umujyi wa Medellin mu gihugu cya Colombia mu...
Indege yari itwaye abagera 81 barimo abakinnyi b’ ikipe yo muri Brazil “Chapecoense”yakoreye impanuka hafi y’ umujyi wa Medellin mu gihugu cya Clombia.
Nta mibare y’ abaguye muri iyi mpanuka...
Abakobwa bo muri Brazil bahataniraga ikamba ry’umukobwa ufite ikibuno kinini uyu mwaka “Miss BumBum 2018”,barwanye inkundura bapfa ko Ellen Santana waryegukanye yagiye kwibagisha akacyongera kandi...
Umunya Brazil Ronaldinho Gaucho wafashije iki gihugu gutwara igikombe cy’isi cya 2002, yatangaje ko yifuza kuba umusenateri muri Brazil mu mwaka utaha namara gusezera ku mupira w’amaguru.
Uyu...
Umukobwa witwa Erika Canela w’imyaka 26 watorewe kuba umukobwa wa ufite ikibuno cyiza mu mwaka wa 2016 (’Miss Bum Bum 2016) yatangaje ko yatutswe ndetse yandagazwa na Cristiano Ronaldo nyuma yo...
Umunya Brazil witwa Alcione Marcelino w’imyaka 34 ukina hagati mu ikipe ya Atletico Brasileense yakubise umugeri wo mu mutwe umusifuzi witwa Marcos Nogueira wabasifuriraga umukino bari bahuye...