Turi tariki ya 08 Nyakanga, ni umunsi w’ 189 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 176 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 08 mu mateka
1099:...
Umukinnyi Roanldo yatanze Miliyoni 3 z’Amayero yo gufasha ikipe ya Chipacoense yo mu gihugu cya Brezil yatikiriye mu mpanuka y’indege yabaye kuwa Mbere tariki ya 29 ugushyingo uyu mwaka hagapfa...
Indege ya Pakistan International Airlines ya PK661, yarimo abagenzi 48 yakoze impanuka igeze mu majyaruguru y’iki gihugu mu nyengero z’umujyi wa Islamabad abagenzi bose barapfa.
Ahagana mu ma saa...
Umunyamabanga Mukuru mushya w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres kuri uyu wa kane, yagize Minisitiri w’ibidukikije wa Nigeria, Amina J. Mohammed, Umunyamabanga Mukuru wungirije wa Loni.
Ibi...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi ku ndwara z’ abantu muri Tanzania (NIMR), cyatangaje ko muri iki gihugu wabonetse abantu banduye Virus ya Zika.
Ni ibyatangajwe na Dr. Mwele Malecela uyobora...
Umukinnyi w’ikipe ya Chapecoense FC yo muri Brazil iherutse gutikirira mu impanuka y’indege yaguye mu misozi ya Colombia, akaza kurokoka ari umwe yasanganywe Bibiliya irambuye mu gitabo cya Zaburi...
Bahati Grace wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2009 [wa mbere w’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi] yari umwe mu baharekeje Miss Mutesi Jolly mu marushanwa ya Miss World 2016 yasojwe mu...
Bimwe mu byamamare mu mupira wa maguru byifatanyije n’isi yose kwizihiza Noheli, babicishije ku mbuga nkoranyambaga, abakinnyi barimo Cristiano Ronaldo na Neymar ndetse n’abandi bageneye abakunzi...
Neymar Jr., ni umunya Brazil ukinira ikipe ya FC Barcelona yo muri Espagne, yavuze ko yishimiye ikipe ye ya FC Barcelona, kandi ngo ntakina ruhago ateze amaso kuri Ballon d’Or ahubwo akina kugira...
umutoza w’ikipe ya Gor Mahia Jose Fereira Marcelo uzwi nka Ze Maria yashimishijwe bikomeye n’umusaruro w’umunyarwanda ukinira iyi kipe Mugiraneza J. Baptiste Migi ndetse n’umunya Kenya Kenneth Muguna...
Ikigo PwC, gikora ubugenzuzi mu bijyanye n’imisoro kikanatanga inama mu bijyanye na serivisi gifite icyicaro I London mu Bwongereza, yasuzumye uko ubukungu bw’isi buzaba bwifashe n’ibihugu bizaba...
Ntagungira Celestin “Abega” wahoze ari umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, yashyizwe mu kanama ka tekiniki k’ikigo mpuzamahanga kigenga amategeko y’umupira w’amaguru ku Isi, IFAB....
Polisi ya Kenya ikorera mu mujyi wa Nairobi yatangiye iperereza ku rupfu rw’ umusore wiyahuye ubwo yarimo akina umukino udasanzwe wo kuri murandasi bigakekwa ko yaba yariyahuye abisabwe muri uwo...
Umukinnyi w’umunya-Brazil wamenyekanye cyane mu myaka yahize Ronaldo yatangaje uwo aha amahirwe yo kwegukaba Ballon d’Or muri uyu mwaka wa 2017, ariko akagaragaza ko abakinnyi bombi bahabwa aya...
Igihugu cya Australia ni kimwe mu bihugu byiza kandi bifite ubuzima bwiza muri rusange ndetse kikanaza ku mwanya wa 6 Nyuma y’Uburusiya, Canada, Ubushinwa, USA ndetse na Brazil. Iki gihugu...
Kuri uyu wa Gatandatu ku saa mbili na mirongo ine n’itanu abakunzi b’umupira w’amaguru ku Isi yose bahanze amaso I Cardiff mu gihugu cya Wales ahaza kubera umukino wa nyuma ku makipe yabaye aya...
Ku Isi, akazi ko kumurika imideli ni kamwe mu mirimo yiganjemo abagore cyane ku Isi, ni umwe mu mirimo itavunanye kandi ihemba amafaranga atari makkuko amasosiyete menshi y’acuruza ibijyanye...
Jelena Ostapenko yaraye akoze amateka mu mikino ya Roland Garros iri kubera I Paris aho yaciye uduhigo 4 dutandukanye kuri uyu wa gatandatu ubwo yatwaraga iki gikombe atsinze umunya Roumania...
Turi tariki ya 16 Kamena, ni umunsi w’167 mu minsi 365 igize uyu umwaka, iminsi 198 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka
• 1779: Igihugu cya...
Uruzi rwa Mississipi/ Foto: Internet
Turi tariki ya 17 Kamena ni umunsi w’ 168 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 197 niyo isigaye kugira ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri...
Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo, ivumburwa ry’ikibuye cyagwiriye isi cya Eureka ndetse n’ivuka ry’ikirangirire mu mupira w’amaguru. Turi ku wa ka Kabiri tariki ya 20 Kamena, ni umunsi w’171 mu...