Ikipe y’igihugu ya Saudi Arabia yari yaragurijwe na benshi ko iratsindwa ibitego byinshi itunguye isi yose n’abakunzi ba ruhago itsinda Argentina yahabwaga amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi....
Umugabo wubatse yateje akavuyo nyuma yo gufatira umugore we mu modoka y’umuhanzi uzwi cyane muri Cameroon, Longue Longue.
Ibi byabaye ku cyumweru, tariki ya 16 Ukwakira 2022, ahitwa Mvog...
Rutahizamu wa Rayon Sports,Essomba Willy Onana uheruka gutukana cyane n’umufana wa Rayon Sports nyuma y’umukino wa Kiyovu Sports,yasabye imbabazi.
Uyu munya Cameroon wanenzwe na benshi kubera uko...
Ikipe ya AS Kigali yakoze ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku migabo n’imigambi ifite mu mwaka w’imikino utaha ndetse inerekana abakinnyi bashya yaguze barimo Tuyisenge Jacques.
Prezida wa AS...
Urutonde rw’amakipe 24 muri Afurika yemerewe kwitabira irushanwa rya CAF Super League ku nshuro ya mbere rwashyizwe ahagaragara aho nta kipe yo mu Rwanda irimo.
Iyi Super League izatangira muri...
Umukinnyi Sadio Mane uri kuvugwa cyane mu binyamakuru kubera ko ashobora kuva muri Liverpool yerekeza muri Bayern Munich,yahishuye ko nyina umubyara yamubwiye ko yatakaje ibiro 7 kubera ubwoba...
Mugisha Moïse ukinira ProTouch yo muri Afurika y’Epfo yegukanye Tour du Cameroun 2022 yasorejwe mu Mujyi wa Yaoundé, kuri iki Cyumweru, tariki ya 12 Kamena 2022.
Mugisha Moise yakoze akazi...
Ishami ry’Umuryago w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko kugeza kuri uyu wa Gatandatu tariki 21 Gicurasi, abantu 92 bari bamaze kwandura virus ya monkeypox mu bihugu 12 hirya no hino ku...
Mu gihe guhera kuri uyu wa Gatandatu muri Kigali Arena hatangira imikino ya BAL, RBC yatangaje ibisabwa abashaka kujya kureba iyi mikino.
Kuva tariki ya 21 kugeza 28 Gicurasi 2022, muri Kigali...
Ikipe ya US Monastir yo muri Tuniziya yihimuye kuri Zamalek, yayitsinze ku mukino wa nyuma wa BAL muri 2021, igera ku mukino wa nyuma w’uyu mwaka ku nshuro ya 2 yikurikiranya.
Muri uyu mukino...
Umukino ubanza wa 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro wahuzaje Rayon Sports na APR FC warangiye nta kipe ibashije kureba mu izamu ry’indi, banganya ubusa ku busa kuri stade ya Kigali.
Rayon Sports yari...
Leta ya Nigeria yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri abantu bakora igice cy’umunsi ubundi bakajya kureba umukino ubahuza na Ghana mu gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri Qatar mu...
Uwahoze ari umukinnyi wa Chelsea na Barcelona, Samuel Eto’o,ubu akaba ari perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Cameroon byemejwe ko ari we ubyara umukobwa w’imyaka 22 utuye I Madrid....
Sadio Mané yahawe ikibuga kimwitirirwa mu mu mujyi wa Sedhiou muri Sénégal nyuma yo gufasha igihugu cye kwegukana igikombe cya Afrika mu mupira w’amaguru.
Uyu rutahizamu wa Liverpool yinjije...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu, Misiri yasezereye inzovu za Corte d’Ivoire kuri penaliti 5-4 nyuma yo kunganya 0-0 mu mikino y’igikombe cya Total Energies Africa Cup of Nations cyasoje imikino...
Ikipe ya Marines FC yatsinze Rayon Sports ibitego 3-0 mu mukino w’umunsi wa 14 wa Shampiyona waberaga i Nyamirambo, ifata umwanya wa karindwi n’amanota 18.
Uyu mukino wagombaga kuba watangiye saa...
Rutahizamu wa Sierra Leone,Kai Kamara,waraye ahushije penaliti yasezereye iki gihugu muri AFCON 2021,byabaye ngombwa ko Police irara mu rugo rwe irurinze kuko abafana bari barubiye ko...
Imikino ya CAN ihuza ibihugu bya Afrika kuri uyu wa gatanu yinjiye mu kiruhuko cy’iminsi ibiri, nyuma y’uko iyo mu matsinda yose irangiye ago hategerejwe igice cyo gukuranamo n’ukuvuga kimwe...
Umunyarwandakazi Mukansanga Salima Rhadia yakoze amateka yo kuba umugore wa mbere wasifuye umukino w’Igikombe cya Afurika cy’Abagabo kuri uyu wa Kabiri, aho yayoboye uwo mu Itsinda B wahuje Guinée...