Ingabire Jeanne d’Arc wamamaye nka Knowless yatangaje ko yamaze gusubika urugendo yagombaga kuzagirira mu Burundi aho yari yatumiwe mu gitaramo cyateguwe mu Mujyi wa Bujumbura mu ntangiriro za...
Turi tariki ya 01 Kanama ni umunsi wa 213 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 152 niyo isiagaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze kuba inshuro 56 ari ku wa kabiri
Mu mateka y’u...
Ku munsi w’ejo taliki ya 22 Nyakanga 2017 nibwo byari biteganyijwe ko umwongereza Christopher Froome w’imyaka 32 ari buze gushyira akadomo kuri Tour de France y’uyu mwaka akayegukana ku nshuro ye...
Christopher Froome umwongereza ukomeje kuyobora urutonde rusange muri Tour de France y’uyu mwaka iri kugera ku musozo yatangaje ko umunya Colombia Rigoberto Uran ariwe mukinnyi abona wamwambura...
Ruhumuriza James benshi bazi nka King James, umuhanzi umaze kuba ubukombe muri muzika nyarwanda, yatangaje abahanzi bazamurekereza mu karere ka Rubavu anavuga uko ibiciro bihagaze kugirango...
Ibirori byo guhemba abahanzi Nyarwanda bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu bihangano byabo, kuva mu mwaka wa 2015 kugeza mu mwaka 2016 byari biteganyijwe kuba tariki ya 23 Ukuboza 2016 byasubitswe...
Umukinnyi mpuzamahanga w’unya Rwanda ukinira ikipe ya AS Vita Club yo muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, akaba na rutahizamu w’Amavubi, Sugira Ernest, atangaza ko hanze ya ruhago ikindi...
Nyuma y’uko ikipe ya APR FC inganyije na Musanze FC mu umunsi wa 19 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, kuri uyu wa gatandatu ndetse n’ejo ku cyumweru imikino irakomeza.
Ikipe ya AS...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe 2017, nibwo hemejwe abahanzi 10 bazahatana mu irushanwa ngarukamwaka rya Primus Guma Gum Super Star rigizwe n’ibitaramo bitanu aho kuba 17...
Ubushakashatsi bwashizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Gicurasi 2017 bwagaragaje ko mu Rwanda gukora inkuru zicukumbuye biri ku kigero cyo hasi cyane. Bamwe mu banyamakuru n’...
Christopher Maurice uzwi nka Chris Brown, umuhanzi wo muri leta zunze ubumwe za Amerika, uyu musore w’imyaka 28 y’amavuko yateguriye umukobwa we ibirori bidasanzwe ku isabukuru ye y’amavuko....
Supersexy abinyujije kuri Instagram yishyuriye itike y’igitaramo umwe mu bakobwa bo mu Rwanda wavuze ko amukunda kubera ko ariwe bateye kimwe mu Rwanda. Kuri uyu wa kabiri Taliki ya 6 Ukwakira...
Tupac Amarur Shakur (2Pac) n’umuhanzi w’icyamamare ufatwa na benshi mu bakunzi binjyana ya hip hop nk’intwari doreko nawe ariyo yaririmbaga, iyo azakuba akiri ku Isi kuri uyu munsi yari kuba yujuje...
Umusore Christopher Froome umwongereza ukina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Sky yatangaje ko nubwo amaze gutwara iri rushanwa rikomeye ku isi mu gusiganwa ku magare ubugira 3, uyu...