Mu gihe Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump akomeje umugambi wo kwirukana abimukira bari muri iki gihugu badafite ibyangombwa bibemerera kuhaba byamaze kumenyekana ko n’ umugore...
Umuyobozi w’Umujyi wa Smiths Station wo muri Alabama muri Amerika yapfuye yiyahuye- nyuma y’iminsi mike urubuga rumwe rutangaje amafoto ye yambaye imyenda y’abagore yaniteye ibirungo ku...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Antony Blinken yavuze ko urukurikirane rw’imodoka z’abadiplomate b’icyo gihugu rwarashweho muri Sudan ku wa mbere ariko nta wakomeretse.
Ari mu Buyapani,...
Raporo y’uyu mwaka yasohotse uyu munsi irakomatanya izo mu myaka itatu ishize ku byishimo mu bihugu ku isi. Ku nshuro ya gatandatu yikurikiranya Finland ni cyo gihugu cyishimye kurusha ibindi ku...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yatsinze igitego cya 111 mu ikipe y’igihugu ya Portugal,bituma aca agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ku isi umaze gutsindira ibitego byinshi igihugu cye,mu mikino...
Umuhanzi Tom Close yatangaje izina ry’ubuheture bwe yibarutse ku wa 21 ukwakira 2019, uyu mwana akaba aje ari umwana wa gatatu wiyongera ku wa kane barera nk’ubufasha bagenera uwo...
Ikipe ya Croatia itsinze Argentine nk’aho itageze ku kibuga kuko iyinyagiye ibitego 3-0 mu mukino wa 2 wo mu itsinda D wasoje imikino y’uyu munsi mu gikombe cy’isi mu...
Umugabo witwa David Clark w’imyaka 49,yishe umugore we amuhoye ko yahoraga amutuka ko afite igitsina gito ndetse atamuryohereza iyo bari gukora imibonano...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump umenyerewe ho udukoryo no gutungurana cyane mu myanzuro igiye itandukanye ku buryo buri muntu wese aho ari aba yumva yamenya ibiri kujya...
Niyonshuti Ange Tricia w’abana babari yandikiye Tom Close bashakanye ibukubiye mu mwaka ine bamaze barushinze ndetse n’imyaka ine bamaze bakundana kugeza biyemeje gushyingiranwa.
Tariki ya 30...
Mu mujyi wa Auckland muri Nouvelle Zelande babaye mu ba mbere batangiye umwaka mushya wa 2017 Umujyi wa Auckland muri Nouvelle Zelande wabaye umujyi wa mbere mu mijyi ikomeye ku isi mu gutangira...
Ku Isi, akazi ko kumurika imideli ni kamwe mu mirimo yiganjemo abagore cyane ku Isi, ni umwe mu mirimo itavunanye kandi ihemba amafaranga atari makkuko amasosiyete menshi y’acuruza ibijyanye...
Muyumbo Thomas wanyemenyekanye nka Tom Close mu muziki, yafashe umwanya yifuruza umugore we Niyonshuti Ange Tricia isabukuru nziza y’amavuko amwibutsa ko yamubereye umugore mwiza n’amama w’abana be...
Nimero ni kimwe mu bintu by’ingenzi bihabwa umukinnyi mushya mu gihe asinye mu kipe,ndetse kuri ubu asigaye ari ikintu cy’ingenzi kuko hari n’abazikoresha mu kureshya abakinnyi iyo basanzwe babaziho...
Mu gace ka Lichtenburg gaherereye mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Afurika y’Epfo, umugabo w’imyaka 60 y’amavuko yishwe n’imbwa ze eshatu, ubwo yari ari iwe mu...
Ubwami bw’Umwamikazi Elizabeth II bwaranzwe n’umurava ukomeye mu nshingano ndetse no kwitangira ingoma ye n’abaturage be.
Yabaye izingiro ry’impinduka za bwangu mu isi mu gihe ijambo ry’Ubwongereza...
Amafoto atangaje yerekanye abaturage bo mu Buhinde bunamye bashishikaye bari gutoragura amafi yabonetse nyuma y’imvura yaguye ikabaheza mu nzu.
Inkuru dukesha The Sun ivuga ko umwe mu bari aho...
Igisirikare muri Uganda cyabeshyuje inkuru z’uko kiri kugerageza guhungabanya Ethiopia binyuze mu guha imyitozo abarwanyi ba Tigray People’s Liberation Front, TPLF, uragwanya leta ya Ethiopia...