Umusore witwa Sak Duanjan w’imyaka 29 ukomoka muri Espagne yafashwe ari kuroga ababyeyi be bageze mu zabukuru abahora ko bamufungiye internet ari gukina imikino yo kuri telefoni yamugize...
Ikipe ya Chelsea yamaze kwemerera uwari umutoza wayo Maurizio Sarri kwerekeza mu ikipe ya Juventus nyuma y’umwaka umwe bari bamaranye,aho azasimburwa n’umutoza w’umunya Espagne Rafa...
Umunyezamu Iker Casillas wa FC Porto wabaye icyamamare mu ikipe ya Real Madrid na Espagne yavuze ko ibintu byose bimeze neza ndetse nta kibazo gikomeye...
Ibinyamakuru bikomeye mu Bwongereza no muri Espagne byatangaje ko mu minsi mike rutahizamu Eden Hazard araba yamaze kugera mu ikipe ya Real Madrid,cyane ko ngo mu minsi mike araza kuyisinyira...
Ikipe ya Real Madrid irashaka kwiyubaka birenze kugira ngo yongere yigaranzure amakipe atandukanye muri Espagne no ku mugabane w’iburayi aho yiteguye kurekura miliyoni 425 z’amapawundi ku bakinnyi...
Umukinnyi Paul Pogba yavuze ko nubwo amaze gukinira amakipe akomeye nka Juventus na Manchester United arimo ubu,ikipe yakuze arota kuzakinira ari Real Madrid yo muri Espagne itozwa na mwene wabo...
Umukinnyi Patrice Evra wakinnye mu makipe akomeye arimo Manchester United na Juventus yashyize hanze ikiganiro cyo kuri Whatsapp yagiranye na Cristiano Ronaldo mbere y’umukino wa Atletico Madrid...
Rutahizamu wa FC Barcelona akaba na Kapiteni wayo,Lionel Messi yatangaje ko yatunguwe n’imyitwarire ya Cristiano Ronaldo kuwa Kabiri ubwo yasezereraga Atletico Madrid wenyine aho yahishuye ko yari...
Umunya Brazil,Philippe Coutinho ukinira ikipe ya FC Barcelona yandikiye ikipe ya Manchester United ayisaba ko yakora ibishoboka byose ikamukura muri Espagne...
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Espagne Luis Enrique,yavuze ko ubwo yatozaga ikipe ya FC Barcelona yagowe no gukorana na Messi bituma afata umwanzuro wo gusezera muri iyi...
Umubiligi Thibaut Courtois urindira ikipe ya Real Madrid muri Espagne yatumye benshi bacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga kubera ko yasabye iyi kipe ye kugura Eden Hazard ikareka Neymar...
Ikipe ya Real madrid yo muri Espagne yagaragaje ko itacyitaye kuri Cristiano Ronaldo wayikoreyemo amateka akomeye kuko yahagaritse kumukurikirana ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’amashusho yagayemo...
Umukinnyi wa Chelsea FC,Eden Hazard yatangaje ko yifuza kwerekeza muri Shampiyona ya Espagne,La Liga kubera ko yifuza gutwara igihembo cya Ballon d’Or.
Umunyezamu wa Leganes ikina mu cyiciro cya mbere muri Espagne,Ivan Cuellar, yise abakinnyi ba FC Barcelona abagome kubera ko banze kumusuhuza nyuma y’umukino baheruka kuyitsinda ibitego 2-1 muri...
Kizigenza Cristiano Ronaldo uherutse kuva mu ikipe ya Real Madrid yerekeza muri Juventus yatumye benshi mu bafana bakundaga iyi kipe yo muri Espagne bagabanuka kuko nyuma y’amasaha 24...
Umunya Espagne ukinira ikipe ya Team Novo Nordisk yo muri Amerika niwe wegukanye agace ka karindwi ka Tour du Rwanda kavaga Musanze kerekeza I Kigali ku ntera y’ibirometero 107 na metero 500 asize...
Ikipe ya Chelsea yamaze kumvikana na Athletic Bilbao ku munyezamu wayo w’umunya Espagne Kepa Arrizabalaga ku kayabo ka miliyoni 72 z’amapawundi,byamugize umunyezamu wa mbere uhenze mu mateka...
Ikipe ya Chelsea FC ikomeje urugamba rwo kugumana kabuhariwe wayo Eden Hazard wifuzwa na Real Madrid yo muri Espagne aho batangaje ko kugira ngo bamurekure igomba kubaha akayabo ka miliyoni 200...
Rutahizamu w’ikipe ya Chelsea Olivier Giroud uherutse gufasha Ubufaransa gutwara igikombe cy’isi yagaragaye ari gusomana n’umugore we mu mazi mu buryo budasanzwe ubwo bari basohokeye ahitwa...
Myugariro wa mbere ku isi Sergio Ramos yatangaje abanyamakuru bamubajije niba agiye gusezera mu ikipe y’igihuguya Espagne nyuma yo gusezererwa mu gikombe cy’isi cy’uyu mwaka aho yababwiye ko we...
Uyu mugore n’umugabo bo mu gace ka Santo Domingo muri Espagne bafashwe basambanira hejuru y’inzu ku manywa y’ihangu kandi bo bari bazi ko nta muntu watekereza...