Kuva kera iyo ikipe ya Rayon Sports yahuraga na Kiyovu Sports wabaga ari umukino wahuruje abantu benshi ndetse hakagaragara udushya twinshi n’imihigo ikaba myinshi kuri buri ruhande gusa nyuma ya...
Amakipe APR FC na Kiyovu Sports ntabwo barrabasha kumvikana ku bakinnyi 2 Ombolenga Fitina na Twizerimana Martin Fabrice aho hari amafaranga ikipe ya Kiyovu igomba kwishyurwa itarabona. Ku...
Nubwo ku munsi w’ejo byari byavuzwe ko ikipe ya Rayon Sports itazakina irushanwa rya Ndi Umunyarwanda Cup kubera ko abakinnyi bamwe bagiye mu biruhuko ndetse ko batategujwe ko hari irushanwa muri...
Amakuru agera ku Umuryango ni uko ikipe ya Rayon Sports imaze kwikura mu irushanwa rya “Ndi Umunyarwanda Cup” aho ubuyobozi bw’iyi kipe bushinja Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge na FERWAFA...
Ikipe ya Rayon Sports yegukanye igikombe cya Super Cup ku munsi w’ejo nyuma yo gutsinda APR FC 2-0,ntirabona ibyangombwa by’umwe mu bakinnyi ngenderwaho wayo Ismaila Diarra.
Uyu musore wasinye...
Umutoza w’ikipe ya APR FC Mulisa Jimmy aratangaza ko ikipe ya APR FC atoza bitayorohera kwishyura Rayon Sports ibitego 2-0 mu minota 27 izakinwa ku wa Gatatu mu mukino wa Super cup. Nyuma y’aho...
Umutoza Olivier Karekezi yamaze gutangaza ko we icyo yifuza ko FERWAFA yakora ari ugukurikiza amategeko y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA agenga ibijyanye n’igihe umukino wasubitswe...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu z’amashanyarazi REG cyatangaje ko nta ruhare na ruto cyagize mu ibura ry’umuriro kuri Stade Umuganda yaberagaho umukino wa Super Cup ukaza gusubikwa kubera kubura...
Ikipe ya Kiyovu Sports irimo kwiyubaka nyuma yo gufashwa kuguma mu cyiciro cya mbere na FERWAFA yamaze gusinyisha umukinnyi Habyarimana Innocent na Habakubaho Vincent wavuye muri Pépinière FC mu...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda yamurikiye abaturage b’umurenge wa Gikomero akarere ka Gasabo ikibuga cy’umupira w’amaguru yabubakiye, kikaba ari kimwe...
Ku mukino wa gicuti wahuzaga Rayon Sports na Azam FC wateguwe mu rwego rwo gushyikiriza Rayon Sports igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka w’imikino urangiye Rayon Sports inyagiye Azam FC 4-2 ibintu...
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwiyubaka aho imaze kugura abakinnyi bane bo kuziba icyuho cy’abamaze kuyisohokamo ndetse yiteguye ko hari n’abandi bashobora kugenda mu minsi iri imbere.
Mu...
Ibitego bitatu bya Danny Usengimana byahesheje Police FC amanita atatu
Rutahizamu wa Police FC, Danny Usengimana yatsinze yihariye ibitego bitatu ikipe ya Police FC yatsinze ikipe ya Musanze...
Shampiyona y’ icyiciro cya mbere mu Rwanda AZAM Rwanda Premier League’ irakomeza uyu munsi tariki ya 30 Ukuboza 2016, amakipe 2 ya mbere Rayon Sports na APR FC, araba yagiye gukinira hanze...
Manishimwe Djabel, umukinnyi ukina hagati mu kibuga hagati asatira izamu mu ikipe ya Raypon Sports no mu ikipe y’igihugu yabatarengeje imyaka 20, aratangaza ko ikipe ya mwifuzaga yo mu Bufaransa...
Abasore ba APR FC biteguye kuba basezerera ikipe ya Zanaco FC mu mukino wo kwishyura mu irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo CAF Champions League, ni nyuma y’uko umukino ubanza amakipe...
Umunyamabanga wa Rayon Sports Gakwaya Olivier avuga ko n’ubwo Rwatubyaye na Kone batarabona ibyangomba iyi kipe itabakeneye nonaha.
Rwatubaye Abdul na Tediane Kone bose batangiye imyitozo yabo...
Umukinnyi ukina mu ikibuga hagati mu ikipe ya APR FC, Butera Andrew arerekeza muri Maroc kuri uyu wa Gandatu kuvurirwayo imvune amaranye iminsi.
Ku isaha ya saa 16:00’ zo kuri uyu wa Gatandatu...