Umuhanzi umaze kwigarurira imitima ya benshi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza wamenyekanye nka Israel Mbonyi ku munsi yizihiza isabukuru y’amavuko ifoto ye yo mu bwana yongeye kuvugwaho na...
Ku wa kane, Rihanna n’umukunzi we A $ AP Rocky bakiriye umwana wabo wa mbere mu cyumweru gishize.
Uyu mwana w’umuhungu hataramenyekana izina yiswe,yahise ashyirwa ku mwanya wa mbere mu bana...
Kourtney Kardashian uherutse gushyingiranwa na Travis Baker wamamaye mu kuvuza ingoma yahishuye ko yagiriwe inama na muganga yo kunywa amasohoro y’umugabo we byibuze inshuro enye mu cyumweru...
Icyamamare mu mukino wo kwiruka Mo Farah ari mu Rwanda, aho yitabiriye Marato Mpuzamahanga y’Amahoro (Kigali Peace Marathon) izaba ku Cyumweru tariki ya 29 Gicurasi 2022.
Mohamed Farah, wavukiye...
Ku wa gatanu, tariki ya 27 Gicurasi, Umunya Nijeriya yatawe muri yombi na polisi mu majyaruguru y’Ubuhinde kubera gutuburira byibuze abagore 300 bo mu Buhinde akabatwara amamiliyoni y’amarupe...
Rutahizamu w’Umufaransa ukinira Paris Saint-Germain, Kylian Mbappe yagizwe umukinnyi w’umupira w’amaguru uhenze kurusha abandi bose ku isi mu bushakashatsi bwakozwe na CIES Football Observatory....
Umuhanzikazi ukomeye muri Leta zunze ubumwe za Amerika Britney Spears w’imyaka 40 yashyingiranwe n’umukunzi we Sam Asghari w’imyaka 28 bamaranye igihe mu...
Umunyamakuru Horaho Axel uzwi mu kiganiro "Urukiko rw’ubujurire "kuri Fine Fm aho aba ameze nk’umusangiza w’amagambo, yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Masera Nicole bamaze Iminsi...
Rutahizamu Sadio Mane ukinira ikipe ya Liverpool aheruka gusubira mu cyaro yavukiyemo muri Senegal anitabira umukino w’umupira w’amaguru mu kibuga cyuzuye ibyondo ari kumwe n’ibyamamare...
Umuraperi Calvin Broadus Jr wamenyekanye nka Snop Dogg ari mu byishimo n’umugore we Shante Monique Broadus bari mu byshimo byinshi mu kwishimira imyaka 25 bamaze...
Umuhanzi Danny Vumbi yahishuye ko umubyeyi we yari yaramusaye guhagarika kuririmba indirimbo zirimo urupfu aboneraho no kuvuga icyahitanye umubyeyi we benshi bitiranyije...
Fahyma ni umunyamideli akaba na mama w’ umwana w’ umuhanzi Raymond Shaban uzwi nka Rayvanny umuyobozi mukuru wa Next Level Music, babiciye bigacika mu munyenga w’ urukundo utarabashije...
Nk’uko bikomeje gutangazwa n’ibinyamakuru byo mu Bufaransa,Ikipe ya Paris Saint-Germain yashyize ku isoko abakinnyi 11 biganjemo abo mu ikipe ya mbere.
Iyi kipe yatwaye Ligue 1 iheruka,yamaze...
Umuhanzi ukomeye muri Tanzania ndetse no muri Africa muri rusange wamamaye nka Diamond Platnumz n’umuherwekazi Zari Hassan wahoze ari umugore we banabyaranye abana babiri bahuriye mu birori...