Umunyamakuru Nsengiyumva Gakwavu Sidick, uri mu bakunzwe cyane mu biganiro bitandukanye by’imikino kuri Radio/TV10 yarushinze kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 22 Ukuboza 2018 n’umukunzi we witwa...
Mu buzima bw’urukundo biba byiza cyane iyo abakundana badaterwa ipfunwe no kuba bari mu rukundo ndetse inshuti z’umukobwa zikamenya umuhugu bakundana ndetse n’iz’umuhungu bikaba...
Taliki 25/11/1997 nibwo Kabila (Muzehe) yashyizeho General James Kabarebe nk’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kongo asimbuye kuri uyu mwanya Anselme Masasu Nindaga wahise anafungwa na...
Uko iterambere mu by’ikoranabuhanga rigenda rigera mu Rwanda, ninako rifasha abafite imigambi mibisha mu bikorwa by’ubujura n’ubutekamutwe. Ubu ubujura bwinshi mu mujyi wa Kigali, usanga atari...
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Austin Peter Luwano uzwi nka Uncle Austin ni umwe mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda mu njyana ya Afro Beat, nyuma yo kwicirwa urugi akanafungirwa amazi n’umukozi wa...
Umuhanzi Oliver Mtukudzi yakoze igitaramo kidashobora kwibagirana mu mitwe y’abakunzi be baturutse mu bihugu bitandukanye birimo n’abiwabo ku ivuko muri...
Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Ukwakira 2018 aho umunyamakuru wa RFI yatangaje inshuro ebyiri zose avuga ko umuhanzi Buravan ari umunyarwandakazi ufite indirimbo nziza...
Abagabo benshi usanga bahanze amaso ku bagore bafite ikibuno kinini, ba bagore tubona inyuma haba mu maso n’indi miterere y’umubiri tukavuga ngo ni beza, ariko ibyo byose hari igihe usanga...
Rutahizamu wa APR FC Sugira Ernest arashinjwa n’umukobwa witwa Dusabe Yvette wiga mu mashuli yisumbuye kuba yaramuteye inda ariko akaba yifuza ko bayikuramo ariko uyu rutahizamu yahakanye aya...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Nzeli 2018, ni bwo Uwihanganye Mwene Butare Fuade uzwi cyane nka Papa w’abatoto mu biganiro bya siporo kuri Tario/TV10, yahamirije umukunzi we Bilha urwo amukunda...