Ikinyamakuru cyo mu Bwongereza ‘African Leadership Magazine’, cyakoresheje itora gisanga Perezida Kagame ari we wabaye umunyafurika w’ umwaka wa 2017. Ibi bivuze ko ariwe wegukanye igihembo gikuru...
Abahagarariye ishyaka rya ANC muri Afrika y’epfo, batoye kuri uyu wa mbere tariki ya 18 Ukuboza 2017, Cyril Ramaphosa kuba umukuru w’iri shyaka, ANC(African National Congress).
Aba kandida...
Grace Mugabe, umugore wa Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe kuri uyu wa Kabiri tariki 15 Kanama 2017 yishyikirije polisi ya Afurika y’ Epfo akurikiranyweho gukubita no gukomeretsa.
Ku...
Inzego zishinzwe umutekano mu gihugu cya Zambia zataye muri yombi Abashinwa batatu n’ Abanyazambia 2 bafatanywe amahembe y’ inkura.
Kuri iki cyumweru tariki 30 Nyakanga nibwo aba uko ari batanu...
Umunyamideli Zari Hassan umugore w’umuririmbyi Diamond yapfushije umubyeyi we mu gitondo cyo kuwa 20 Nyakanga 2017. Halima Matovu Hassan[Umubyeyi wa Zari] yashyinguwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya...
Reba amwe mu mafoto meza yatoranyijwe mu cyumweru cyo kuwa 23-29 z’ukwa Gatandatu muri Afurika ndetse n’ay’abanya Afurika baba ahandi ku Isi.
Kenya: Umunsi umwe mbere cyari igihe cy’abakunzi...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, yijeje Abanyarwanda baba mu mahanga [Diaspora], ko mu matora ya Perezida wa Repubulika mu 2017...
Nyampinga w’Umuco muri Malawi mu minsi ishize byatangajwe ko yambuye ikamba gusa kuri we yanze kuritanga mu gihe cyose yaba adasobanuriwe impamvu nyamukuru bashaka kuri mwaka.
Uyu mukobwa avuga...
Ikibuga mpuzamahanga cya Kigali Kigali International Airport giherereye I Kanombe mu mujyi wa Kigali cyashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afurika y’ uburasirazuba n’ uwa kabiri mu bibuga by’ indege...
Abanyarwanda babarizwa mu Budage, Pologne, Liechteinstein, Repubulika ya Czech, Slovakia, Romania na Ukraine, bashyiriweho ahantu bazatorera Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe kuwa 3...
Ahmed Kathrada wamenyekanye cyane muri Afurika y’ Epfo bitewe no guharanira uburenganzira bw’ abirabura muri icyo gihugu afatanyije na Nelson Mandela yitabye Imana ku myaka 87.
Kimwe na Mandela,...
Ku nshuro ya mbere indege yo mu bwoko bwa A330 yakiriwe mu Rwanda umwaka ushize n’Ikigo Nyarwanda gikora ubwikorezi bw’indege, RwandAir, izerekeza ku mugabane w’u Burayi mu mujyi wa Londres mu...