Umuherwe witwa Robert F. Smith ukomoka muri USA yashimishije abanyeshuli barangije muri kaminuza Morehouse College uyu mwaka,abishyurira ideni rya miliyoni 40 z’amadolari...
Kaminuza yigisha y’ ubukerarugendo n’ amahoteli University of Tourism, Technology and Business Studies UTB kuri uyu 17 Gicurasi 2018 yibutse ku nshuro yayo ya 9 abatutsi bazize Jenoside yakorewe...
Minisiteri y’ Uburezi MINEDUC yahagaritse amashami atatu muri atanu yigishirizwaga muri Kaminuza ya Gitwe iherere mu karere ka Ruhango.
Ayo mashami yahagaritse ni “Bachelor of Medicine &...
Dr. Sendegeya Augustin, Umuyobozi w’Ibitaro bya CHUB/ Foto: Igihe
Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare birahakana ko nta burangare bwabayeho mu kuvura umwe mu banyeshuli wari mu bitaro...
Kaminuza y’u Rwanda yatangaje ko ku wa 30 Ugushyingo 2020 abanyeshuri biga mu mwaka wa mbere no mu wa kabiri, bagomba gukomeza amasomo ku mashuri,nyuma yo guhagarikwa muri Werurwe kubera Covid-19...
Abanyeshuri ba Kaminuza ya Makerere yo mu gihugu cya Uganda barashinja ingabo z’Igihugu n’Abapolisi kwinjira mu byumba bararamo bagakubita uwo ari we wese babonye, ndetse bakangiza bimwe mu...
Mwiseneza Josiane wabaye Miss Popularity muri Miss Rwanda 2019 yatangaje ko yatunguwe n’ukuntu abayobozi n’abanyeshuli ba kaminuza ya INES Ruhengeri batunguwe n’ukuntu ariyo yahisemo kwigamo...
Mutesi Dorah umwe mu bakobwa b’ubwiza bambitswe ikamba rya Nyampinga w’iyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda mu 2010 usigaye aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Georgia, yamaze gukora ubukwe...
Ni kenshi cyane byagiye bivugwako mu gihugu cya Uganda hari ibyamamare birangiza za Kaminuza kandi ngo abanyeshuri bagenzi babo batarababonye mu ishuri , yewe no kumunsi w’ibizamini ntibaboneka...
Njoro Racheal watanze amafoto ku buyobozi bwa Kaminuza ndetse na Police ya Makerere yavuze ko agiye kubajyana mu nkiko kuko bamuharabitse kandi yarabikoze mu...
Prof. Silas Lwakabamba wari Umuyobozi wa INATEK wigeze no kuba umuyobozi w’iyari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda akaba na Minisitiri w’Uburezi ndetse n’uw’Ibikorwaremezo, yashyizwe mu rwego Ngishwanama mu...
Komite ngenzuzi muri Kaminuza ya Makerere muri Uganda, yagaragaje ko hari amazina y’abanyeshuri bagera ku bihumbi 16 n’ay’abarimu bagera kuri 600 ba baringa.
Kuva mu Ukwakira 2016, abanyeshuri...
Aba bakobwa ntibiyumvisha uko ubuzima bwabo bumeze kuko usanga baba ibyamamare igihugu cyose ndetse n’amahanga bakabamenya bakandikwa mu binyamakuru ndetse bakanavugwa kuri Radio ndetse na...
Inama nkuru y’ amashuri makuru na Kaminuza HEC yatangaje ko igiye gufunga burundu kaminuza ebyiri zigenga zombi zakorera mu mugi wa Kigali.
HEC yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki 17 Kanama ubwo...
Abanyeshuri bo muri kaminuza y’u Burundi mu gice cy’ubuganga bagera kuri 28 barimo bandika ibitabo mu byo kuminuza bita ‘spécialité’ bagiye mu Bufaransa mu cyumweru gishize mu bikorwa byo kwimenyereza...
Umukobwa witwa Mizero Rosine ukomoka mu murenge wa Nyange mu karere ka Ngororero,mu kagari ka Buganyana, arasaba umusore witwa Uwizeyimana Jean Claude kumwishyura asaga miliyoni 3 z’amafaranga y’u...
African Leadership University (ALU) yatangaje ko umuherwe Jack Ma washinze ikigo cy’ubucuruzi Alibaba Group yagizwe umwalimu w’umushyitsi kuri iyi kaminuza ikorera i Kigali.
Urubuga rw’iyi...
Umugabo n’umugore batandukanye ku ruhu,bakundanye rwihishwa bacyiga muri kaminuza mu myaka ya za 70 baherutse guhura basanga ’bagikundana’ niko kwibanira.