Shampiyona yari yakomehje ku umunsi wayo wa 19, hari habaye imikino itandukanye, Police yananiwe kwikura I Gicumbi, AS Kigali mu Bugesera ihatambuka kigabo ni mu gihe Minnaert na Mukura ye nabo...
Ikipe ya APR FC yisubije umwanya wa kabiri muri shampiyona nyuma yo gutsinda ikipe ya Etincelles 2-0 mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona.
Igitego cya Issa Bigimarana na Aimable Nsabimana...
Umuhanzi Eric Senderi international hit uzwi munjyana ya afro beat, wamenyekanye mu ndirimbo nka Nta cash, Aragiye, Mucyaro, intimba y’intore, n’ izindi zo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu...
Mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi abicanyi bageze ku ishusho ya Yezu yari imanitse kuri Kiziliza imwe i Nyarubuye mu karere ka Kirehe yarabitemagura ngo isa n’ abatutsi.
Src:...
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru irakomeza muri iyi Weekend aho haba hakinwa imikino y’umunsi wa 23.
Kuri uyu wa Gatandatu harakinwa imikino igera kuri 5, ni mu gihe...
Umukino ubanza wa 1/16 mu gikombe cy’Amahoro wahuzaga Rayon Sports na Rugende FC urangiye Rayon Sports inyagiye Rugende FC ibitego 9-0.
Ni umukino ikipe ya Rayon Sports yabanjemo ikipe umuntu...
Abaturage batuye akarere ka Huye mu ntara y’ amajyepfo baravuga ko indwara ya maraliya imaze imyaka irenga ibiri ari icyorezo. Muri ako karere umuntu umwe mu bantu babiri arwaye maraliya.
Kuri...
Police FC yatsinze AS Kigali ibitego bitatu kuri kimwe ikura APR FC ku mwanya wa kabiri naho Kiyovu Sports itsindwa na Marines FC biyongerera ibyago byo kumanuka mu cyiciro cya kabiri uyu mwaka....
Umunyamakuru Vincent Niyibizi umenyerewe mu makuru ya Royal Tv yasangije abamukurikiranira hafi ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook ibyakemutse kubera we n’inzira yagiye anyuramo zose mu...